Kuri uyu wa kane ku rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge hatangiye kuburanishwa ubujurire mu mizi bwa Dr Kayumba Christopher wajururiye uru rukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge muri kanama 2020 agifungiye muri Gereza ya Nyarugenge akaza kurangiza igihano cy’umwaka umwe yahawe n’urukiko rwibanze rwa Kicukiro rutaramuburanisha mu minsi ishize.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Nyarugenge: "Ndasaba ko bazana amashusho yo guteza umutekano mucye ku kibuga cy’indege"-Dr Kayumba
11 June 2021, by Dusingizimana Remy -
Kaminuza y’u Rwanda yahawe abayobozi bashya by’agateganyo
16 July 2022, by Dusingizimana RemyPerezida wa Repubulika Paul Kagame yagize Dr Didas Kayihura Muganga, Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda w’agateganyo.
Na ho Dr Raymond Ndikumana agirwa Umuyobozi Mukuru wungirije ushinzwe igenamigambi n’imiyoborere muri iyi kaminuza.
Dr Didace Kayihura Muganga wagizwe umuyobozi w’agateganyo wa Kaminuza y’u Rwanda,asanzwe ari perezida wa njyanama y’umujyi wa Kigali.
Ku wa 6 Gicurasi 2022 nibwo Prof Alexandre Lyambabaje yeguye ku mwanya w’Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza y’u Rwanda (UR) kugira (...) -
Kamonyi: Polisi yafashe abacyekwaho kwambura abaturage bakoresheje imihoro
17 September 2021, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 16 Nzeri Polisi ikorera mu Karere ka Kamonyi kubufatanye n’abayobozi mu nzego z’ibanze n’abaturage bafashe itsinda ry’abantu 12 bacyekwaho gutega abaturage bakabambura bakanabahohotera babakubita. Aba bantu banakurikiranweho gucukura amabuye y’agaciro mu buryo butemwe n’amategeko.
-
Ibiciro by’ingendo mu mujyi wa Kigali no mu ntara byiyongereye nyuma ya #Gumamurugo
4 May 2020, by Dusingizimana RemyUrwego ngenzuramikorere mu Rwanda [RURA] rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo mu mujyi wa Kigali no mu ntara byiyongereye cyane nubwo igiciro cya Lisansi na Mazutucyagabanutse ugereranyije n’igiheruka.
-
Abaturage basabwe kuba maso ngo imvura nyinshi iracyariho
4 May 2018, by Nsanzimana ErnestLeta y’ u Rwanda yasabye abaturarwanda kutirara kuko imvura nyinshi ishobora gukomeza guteza ibiza igikomeje by’ umwihariko mu ntara y’ Amajyaruguru n’ amagepfo.
-
RDC: Sake ‘ikomeje kuba isibaniro’ ry’intambara ya FARDC na M23
27 March, by Dusingizimana RemyMu ntangiriro z’ukwezi gushize Corneille Nangaa ukuriye ihuriro AFC rifite umutwe wa M23 yagaragaye ku mashusho avuga ko “ingabo zanjye zafashe Shasha, kandi zizengurutse Sake”, kuva icyo gihe M23 ntirabasha gufata centre ya Sake.
-
Nshuti Muheto Divine niwe wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2022 [AMAFOTO]
20 March 2022, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Gatandatu nibwo umunsi wari utegerejwe n’abakunzi b’imyidagaduro wageze ngo bamenye Nyampinga w’u Rwanda 2022.
Ahagana saa sita na 57 z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu,nibwo uwari uyoboye umuhango wa Miss Rwanda Sam Kalisa yatangaje ko Miss Rwanda 2022 ari Nshuti Muheto Divine wari wambaye nimero 44.
Nshuti Divine Muheto uri mu batsindiye guhagararira Intara y’Uburengerazuba mu irushanwa rya Miss Rwanda 2022, kuva irushanwa ryatangira yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga ku (...) -
Hamenyekanye igihe amatora ya Perezida n’ay’abadepite azabera mu Rwanda
12 December 2023, by Dusingizimana RemyAmatora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda n’ay’Abadepite 53 byemejwe ko azaba tariki 15 Nyakanga 2024 mu gihugu, ariko ababa muri Diaspora Nyarwanda bo bazatora ku ya 14 Nyakanga 2024.
-
RDC: M23 mu byishimo nyuma yo kwambura ibikoresho byinshi FARDC n’abambari bayo [AMAFOTO]
23 October 2023, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 watangaje ko wongeye gufata ibikoresho by’intambara bya FARDC birimo imbunda zikiri nshya zigezweho za ba mudahusha, n’akadege katagira umupilote [drone].
-
Kazungu wemera ko yishe abantu 14 yasabye urukiko ikintu gikomeye
21 September 2023, by Dusingizimana RemyKazungu Denis yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Kicukiro muri iki gitondo aho ashinjwa ibyaha bisaga 10.
0 | ... | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | ... | 2540