Perezida wa Repubulika,Paul Kagame, yavuze ko amwe mu makipe yo ku mugabane w’Afurika mu mupira w’amaguru ashoboye ndetse anafite ubushobozi bwo kuba yatwara igikombe cy’isi ariko kubera kwitinya no kumva ko hari ibihugu batatsinda bibabera imbogamizi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yahishuye impamvu ikomeye ituma ibihugu byo muri Afurika bidatwara igikombe cy’isi cya ruhago
9 December 2019, by Dusingizimana Remy -
Abangavu n’ingimbi bahishuye uko bakiriye gukingirwa Covid-19 yakerereje amasomo yabo
22 November 2021, by Dusingizimana RemyAbangavu n’ingimbi bafite hagati y’imyaka 12 na 18 benshi bari ku mashuri yisumbuye, batangaje ko biteguye gufata urukingo rwa Covid-19, ni nyuma y’aho guhera muri iki Cyumweru Mu mujyi wa Kigali abari muri iki cyiciro bazatangira guhererwa uru rukingo ku mashuri.
-
Perezida Paul Kagame yasubije wa mukobwa wakubitiwe mu ruhame n’umuherwe ufite na Televiziyo mu Rwanda ntahabwe ubutabera
11 September 2019, by NIYIGABA DC CLEMENTKuwa 5 Nzeri nibwo umukobwa witwa Diane Kamari yanditse ku rukuta rwe rwa Twitter ko yakubiswe n’umuherwe Dr.Francis ny’iri televiziyo ya GoodRich TV ,akavuga ko yanagejeje ikirego muri RIB ariko ntahabwe ubutabera.
-
Nishimwe Naomie niwe wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 [AMAFOTO]
23 February 2020, by Dusingizimana RemyUmukobwa witwa Nishimwe Naomie wari wambaye nimero 31 niwe watowe nka Nyampinga w’u Rwanda 2020 nyuma yo gutsinda bagenzi be 19 bari bahanganye kuri final yabereye kuri Intare Arena.
-
U Rwanda rwasubije depite Carolyn Maloney wo muri Amerika wasabye ko Paul Rusesabagina afungurwa
17 December 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye yanditse ibaruwa isubiza Carolyn B. Maloney uri muri Congress ya Leta Zunze Ubumwe za America uherutse kwandikira Perezida Paul Kagame amusaba kurekura Paul Rusesabagina ufunze kubera gukekwaho ibyaha birimo iterabwoba.
-
Polisi y’u Rwanda yahwituye Abanyarwanda bashyize ubuzima bwabo mu kaga bakirara mu mihanda bishimira intsinzi y’Amavubi
27 January 2021, by Dusingizimana RemyPolisi y’igihugu yanenze bamwe mu Banyarwanda baraye bashyize ubuzima bwabo mu kaga bajya kwishimira intsinzi ikipe y’igihugu “Amavubi” yaraye ikuye kuri Togo mu itsinda C ryo gushaka itike yo kwerekeza muri ¼ cy’irangiza cya CHAN 2020.
-
Perezida Kagame agiye gusoza itorero rya 11 ry’ abiga mu mahanga
5 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame ubwo yasozaga itorero ry’Indangamirwa ry’umwaka ushize
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa 5 Kanama 2018 aritabira umuhango wo gusoza icyiciro cya 11 cy’itorero ry’urubyiruko kizwi nk’Indangamirwa, cyatorezwaga mu kigo cya Gabiro. Ab’ umwaka ushize Perezida Kagame yabasabye kugira uruhare mu kurinda umutekano w’u Rwanda,
-
Perezida Kagame na Museveni basinye amasezerano y’ubufatanye n’umutekano
21 August 2019, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame, Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, João Lourenço wa Angola na Felix Tshisekedi wa RDC basinye amasezerano bahuriyeho uko ari bane y’ubufatanye n’umutekano.
-
Guma mu rugo n’icyemezo gikomeye ariko gishobora kongera gufatwa-Minisitiri w’Ubuzima
17 August 2020, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Ubuzima,Dr.Ngamije Daniel,yatangaje ko mu gihe icyorezo cya Coronavirus cyakomeza kwiyongera nta kabuza umujyi wa Kigali ushobora gusubizwa muri gahunda ya Guma mu rugo yawuzahaje mu mezi yashize.
-
Imyaka ibaye itatu COVID 19 yadutse, Isi irazirikana imbaga yahitanywe n’icyo cyorezo
11 March 2023, by Joseph IradukundaUyu munsi nibwo isi yinjiye mu mwaka wa 3 ihanganye n’icyorezo Covid 19. n’imyaka yaranzwe n’ibihe bidasanzwe byabangamiye bikomeye ukwishyira ukizana bya muntu.
0 | ... | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | 2520 | 2530 | 2540 | 2550