Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame kuri uyu wa Mbere tariki 18 Ukuboza 2017, ubwo yatangizana inama y’ igihugu y’ umushyikirano yagaragaje ibyo iterambere rirambye Abanyarwanda bifuza kugeraho bizashyigiraho.
Yagize ati “Dufite amahirwe, turifite, dufite ubushake, dufite imyumvire ku buryo twakomeza gukorera kuri politiki nziza dukoresha kandi dukorera abanyarwanda bose, ibi nibyo byatugeza ku majyambere twifuza”.
Umukuru w’ igihugu yakomeje avuga ko kugira ngo u Rwanda rugere aho rwifuza (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yagaragaje ko Abanyarwanda bafite ibizabageza ku iterambere bifuza
18 December 2017, by Nsanzimana Ernest -
RIB yarangije iperereza yakoraga kuri Evode Uwizeyimana washinjwe gukubita umugore
12 February 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha ruratangaza ko iperereza ku bikekwaho Evode Uwizeyimana uherutse kwegura muri guverinoma ryarangiye.
Kuwa kane w’icyumweru gishize, Bwana Uwizeyimana yashyikirije minisitiri w’intebe kwegura kwe ku mwanya w’umunyamabanga wa leta ushinzwe itegeko nshinga n’andi mategeko.
Hari hashize iminsi micye asabye imbabazi kuri Twitter nyuma yo kunengwa n’uwamubonye asunika agatura hasi umukozi ushinzwe umutekano ku nyubako y’ubucuruzi muri Kigali.
Mu cyumweru gishize, (...) -
Leta y’u Rwanda yijeje gushakira igisubizo izamuka rihanitse ry’ibiciro
18 May 2022, by Dusingizimana RemyMinisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko Guverioma yiteguye gufata igamba zose zishoboka, kugira ngo ibiciro ku isoko bidakomeza kuzamuka mu buryo bibera umutwaro abanyarwanda.
Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 18 Gicurasi 2022, ubwo hatangizwaga icyiciro cya kabiri cy’ikigega nzahurabukungu,Minisitiri w’Intebe yavuze ko mu kwezi gushize kwa Mata ibiciro byakomeje kwiyongera, aho byageze ku gipimo cya 9.9% mu gihe muri Werurwe uyu mwaka igipimo cyari kuri 7.5% ariko Leta igiye gushaka (...) -
Abakozi ba Skol basuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi (Amafoto)
11 April, by Joseph IradukundaAbakozi b’uruganda Skol Brewery Ltd Rwanda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi.
-
IFOTO Y’UMUNSI: Madamu Jeanette Kagame yahuye n’abo biganye mu mashuri yisumbuye
10 October 2023, by Dusingizimana RemyMadamu Jeanette Kagame yishimiye kongera guhura n’abo bahoze bigana mu mashuri yisumbuye mu Burundi kuri Lycee Clarte Notre Dame [ubu cyitwa Lycee Vugizo] mu myaka ya 1977-1978.
-
Perezida Rajoelina yahishuye ikintu gikomeye ashimira Perezida Kagame
7 August 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Andry Rajoelina wa Madagascar yavuze ko yishimiye ubuyobozi bwa Perezida Kagame kubera ukuntu bwagerageje kunga Abanyarwanda bari baracitsemo ibice.
-
Ku nshuro ya kane, Urubanza rw’abo kwa Rwigara rwasubitswe, basabye guhabwa ibitabo by’indirimbo
13 October 2017, by Iyamuremye JanvierKuri uyu wa Gatanu tariki 13 Ukwakira 2017, mu rukiko rukuru rwa Nyarugenge hakomereje ku nshuro ya Gatatu urubanza rw’abo mu muryango w’Umunyemari Rwigara Assinapol aribo:Diane Rwigarana, Anne Rwigara na Nyina wabo; Adeline Rwigara Mukangemanyi
Me Gatera Gashabana yageze mu rukiko aje kunganira Mme Adeline Rwigara wari wagaragaje mu rubanza ruheruka ko yifuza kunganirwa nawe.Mu rukiko Me Gatera yavuze ko yagirane ibiganiro n’umukirya we ku munsi w’ejo bityo ko atabonye umwanya wo gusoma (...) -
Bamporiki wemeye kurya ruswa ya miliyoni 5 yashinjwe kwaka indi ya miliyoni 10 FRW
21 September 2022, by Dusingizimana Remy, Joseph IradukundaKuri uyu wa 21 Nzeri 2022,Urukiko rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Edouard Bamporiki wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’umuco.
Bitandukanye n’uko ubushize yari yaje atunganiwe, uyu munsi Bamporiki yari yunganiwe na Me Evode Kayitana na Me Habyarimana Jean Baptiste.
Uruhande rwa Bamporiki rwabanje kugaragaza inzitizi ku bubasha bw’urukiko, aho basobanuye ko Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rutagombaga kuburanisha uru rubanza, ahubwo rwagombaga kujyanwa mu (...) -
Volcano Express igiye kuza gutanga umusada mu gutwara abagenzi I Kigali
7 August 2022, by Dusingizimana RemyUrwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’ingendo rusange muri Kigali, ikigo cya Volcano Express cyongerewe mu byari bisanzwe bifite inshingano zo gutwara abagenzi muri uyu mujyi.
Ni icyemezo gikubiye mu itangazo RURA yashyize hanze kuri iki Cyumweru tariki 7 Kanama 2022, mu rwego rwo kunganira imodoka nke zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange muri Kigali.
Ubusanzwe mu Mujyi wa Kigali hakoraga ibigo bitatu byahawe isoko muri 2013, birimo icya KBS, RFTC (...) -
Perezida Kagame yageze muri Namibia mu ruzinduko rw’ akazi
16 August 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’u Rwanda akaba n’ umuyobozi w’ umuryango w’ Afurika yunze ubumwe Paul Kagame kuri uyu wa 16 Kanama 2018 yageze mu gihugu cya Namibia yakirwa na Hage Geingob
0 | ... | 2450 | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | 2520 | 2530 | ... | 2550