Kuri uyu wa Kane ahitwa Abbey Gate ku kibuga cy’indege cya Kabul habereye iturika ry’igisasu mu ijoro ryo kuri uyu wa kane bituma abantu 90 bahasiga ubuzima, nk’uko bitangazwa Minisiteri y’ubuzima muri Afghanistan.
Umutwe wa Islamic State [ISIS] Utangaza ko umwe mu biyahuzi bayo yateye agamije kwica abatemera islam n’abakorana n’igisirikare cya Amerika", nk’uko Reuters yanditse.
Aba Taliban 28 nibo baraye baguye muri icyo gitero cya bombe i Kabul, nk’uko umutegetsi w’umu Taliban yabibwiyeibiro (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Afghanistan: Abaguye mu gitero cy’I Kabul biyongereye barenga 90 [YAVUGURUWE]
26 August 2021, by Dusingizimana Remy -
Kigali mu myiteguro yo kwakira Perezida Nyusi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa Perezida Kagame rwari urwa kabiri agiriye muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo kuko yaherukagayo mu 2004.
Icyo gihe Umukuru w’Igihugu yaganiriye na mugenzi we Nyusi wa Mozambique ku ngingo zifitiye inyungu abaturage b’ibihugu byombi, haba mu bufatanye mu nzego zitandukanye zirimo ubwikorezi, (...) -
Perezida Kagame yamaganye ibitero byibasiye abayobozi ba Zimbabwe na Ethiopia
1 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’uyu muryango, yamaganye ibitero by’iterabwoba biherutse kwibasira abayobozi ba Ethiopie na Zimbabwe.
-
Amabara I: Gitifu yasuzumye ko "Igitsina cy’Umugeni" cyuzuye! Bari mu biro n’Umugabo we
7 August 2023, by UbwanditsiUbwo Gitifu w’umurenge yaregerwaga n’umugore wari umaze iminsi ashyingiwe ko umugabo we yanze ko batera akabariro, yatumiza umugabo akamubwira ko umugore we nta gits1ina agira, yafashe umwanzuro wo kubisuzuma kugirango amenye ufite ukuri muri aba babiri.
-
Perezida Kagame yitabiriye inama i Dubai-AMAFOTO
1 November 2017, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame ari i Dubai aho yitabiriye inama ikomeye mu rwego rw’isi yiga ku ishoramari muri Afurika (Africa Global Business Forum).
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017 nibwo Perezida Kagame yitabiriye iyo nama ndetse anatangamo ikiganiro cyiswe Head of State Forum.
Iyo nama biteganijwe ko izamara iminsi ibiri, yitabiriwe na bamwe mu bakuru b’ibihugu, Abaminisitiri, abashoramari batandukanye n’abandi bazatangayo ibiganiro.
Perezida Kagame yavuze ko demukarasi (...) -
Perezida Kagame yihanganishije abatishimiye icyemezo cyo gusubika ingendo zambukiranya intara n’umujyi wa Kigali n’abamotari batadohorewe
1 June 2020, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yasabye abanyarwanda kwihanganira impinduka zabaye ku munota wa nyuma ubwo biteguraga ingendo zo kwerekeza hirya no hino mu ntara no mujyi n’abamotari batadohorewe ngo basubire mu kazi.
-
Rwanda Day ihuza Abanyarwanda baba hanze yahawe itariki nshya
17 August 2019, by Martin MunezeroAmbasade y’u Rwanda mu Budage, yatangaje ko umunsi uhuza Abanyarwanda uzwi nka Rwanda Day wari uherutse gusubikwa wahawe itariki nshya, ukazabera mu Mujyi wa Bonn mu Burengerazuba bw’u Budage ku wa 5 Ukwakira 2019.
-
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Amerika agiye kuza i Kigali kubaza ibya Rusesabagina
30 July 2022, by Dusingizimana Remy‘Minisitiri’ w’ububanyi n’amahanga wa Amerika ugiye kugirira uruzinduko mu Rwanda azabaza abategetsi ku ifungwa rya Paul Rusesabagina, uburenganzira bwa muntu, no gufunga urubuga rwa politiki ku batavuga rumwe n’ubutegetsi.
Antony Blinken azagera mu Rwanda tariki 10 Kanama(8), arimo asoza ingendo ze muri Cambodia, Philippines, Africa y’Epfo, na DR Congo, nk’uko itangazo rya minisiteri akuriye ribivuga.
Muri DR Congo, mu byo Blinken azaganira n’abategetsi baho harimo ubucuruzi n’ishoramari, (...) -
Akarere ka Rubavu kashyizwe mu kato ka "Guma mu karere" kubera Covid-19
16 June 2021, by Dusingizimana RemyKubera ubwandu bwa COVID19 bukomeje kwiyongera mu Karere ka Rubavu, hafashwe icyemezo cyo kugashyira muri Guma mu karere nkuko byatangajwe na Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu.
-
Bidasubirwaho Perezida Museveni yatorewe kuyobora Uganda ku nshuro ya 6
16 January 2021, by Dusingizimana RemyKomisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Uganda yemeje ko Perezida Yoweri Museveni yatsinze amatora yo ku wa 14 z’uku kwa mbere 2021, ku majwi 58.64 %..
0 | ... | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | 2520 | ... | 2550