Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagaragaye agenda mu mvura ubwo yari mu Ishuri Rikuru rya gisirikare ry’i Gako mu karere ka Bugesera aho yari yagiye kuganiza abanyeshuri bitegura kuba Abofisiye mu ngabo z’u Rwanda bahiga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Ifoto y’Umunsi:Ifoto ya Perezida Kagame agenda mu mvura yazamuye amarangamutima y’abakoresha imbuga nkoranyambaga[AMAFOTO]
30 October 2020, by Martin Munezero -
Uko amatora ari kugenda mu turere:Uwari Meya w’agateganyo wa Rutsiro yambutse atorerwa kuyobora Rubavu
7 December 2023Uturere 11 muri 30 tw’igihugu, twaramukiye mu matora yo kuzuza imyanya y’ubuyobozi bwatwo. Muri two, Burera, Gakenke, Musanze, Nyamasheke, Karongi na Rutsiro turi butore ba Meya.
-
Icyo Amerika igamije mu nama yahurijemo abaperezida hafi ya bose ba Afurika
12 December 2022, by Dusingizimana RemyAbakuru b’ibihugu bya Africa barimo kwerekeza i Washington mu nama yiswe US-Africa summit batumiwemo na Perezida Joe Biden.
Iyi nama y’iminsi itatu izatangira kuwa kabiri igamije kwerekana ubushake ubutegetsi bwa Biden bufite bwo gukorana na Africa, nk’uko abayitegura babivuga.
Abakuru b’ibihugu 49 hamwe n’umukuru wa komisiyo y’ubumwe bwa Africa, Moussa Faki Mahamat, baratumiwe.
Abakuru b’ibihugu bya Mali, Guinea, Sudan na Burkina Faso ntibatumiwe kuko byahagaritswe mu bumwe bwa Africa. Eritrea (...) -
Umuryango wa Niyitanga warasiwe Cosmos nk’igisambo watanze ikirego mu gisilikari
8 September 2018, by UbwanditsiNiyitanga Jean Calude bakundaga kwita Barthez cyangwa Kazungu warashwe nk’igisambo.
Mu ijoro ryo kuwa Kane tariki 6 Nzeri 2018 nibwo abasirikare bari ku irondo mu gace ka Rwezamenyo kari I Nyamirambo barashe umugabo w’imyaka 40 witwa Niyitanga Jean Claude bamwe bahimbaga Barthez abandi Kazungu ahita yitaba Imana.
-
Karongi: Perezida Kagame yababajwe n’imibereho y’abatuye mu mudugudu wa Rugabano
28 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Paul Kagame yakomereje uruzinduko rwe mu Karere ka Karongi aho yasuye imisozi ihinzemo icyayi mu Murenge wa Rugabano.
Kuri iki cyumweru,wari umunsi wa kane Perezida Kagame asura abaturage bo mu ntara y’Amajyepfo n’Iburengerazuba aho yababajwe cyane n’imibereho y’abaturage bo mu mudugudu wa Rugabano.
Perezida Kagame yanenze uko aba baturage babayeho ndetse avuga ko nta suku bafite ndetse n’ubukene bubugarije.
Ati “Hari aho nanyuze mu nzira nza, hari umudugudu wubatswe kandi umeze neza, (...) -
Urwego rw’Umutekano rwongeye kuza ku isonga ku rutonde rw’imiyoborere myiza
11 December 2020, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu rw’imiyoborere [RGB] ku nshuro ya 7 rwashyize hanze ibipimo by’imiyoborere mu Rwanda bizwi mu rurimi rw’Icyongereza nka ’Rwanda Governance Scorecard’ aho Urwego rw’Umutekano rwongeye kwisubiza umwanya wa mbere.
-
Makolo uyobora RwandaAir yagizwe umuyobozi ukomeye ku Isi
5 June 2023, by Rebecca UFITAMAHOROIshyirahamwe mpuzamahanga ryo gutwara abantu n’ibintu mu kirere (IATA) ryatangaje ko guhera kuri uyu wa Mbere Umuyobozi wa Rwandair Yvonne Manzi Makolo yatangiye imirimo ye nk’Umuyobozi w’Inama y’Ubutegetsi ya IATA mu gihe cy’umwaka umwe.
Ni umwanzuro wafatiwe mu Nteko Rusange ngarukamwaka ya IATA ya 79 yabereye muri Türkiye kuri uyu wa 05 Kamena 2023.
Makolo agiye kuri uyu mwanya w’Umuyobozi Mukuru w’Inama Nkuru ya ba Guverinero ba IATA, ari uwa 81, akaba ari na we mugore wa mbere ufashe izi (...) -
Perezida Kagame yongeye kugaragaza indi mpano afite muri Siporo [AMAFOTO]
25 April 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida w’ u Rwanda Paul Kagame nyuma y’ igihe kirekire abantu baziko akina umukino wa tennis kuri ubu yagaragaje asigaye akina umukino wa Basketball.
-
RIB yeretse itangazamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga kuri konti z’abandi bakoresheje ikoranabuhanga
14 May 2020, by Dusingizimana RemyKuri uyu wa Kane tariki ya 13 Gicurasi 2020,Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB] rweretse itangazamakuru abantu 5 bakekwaho kwiba amafaranga y’abaturage mu mabanki bakoresheje ikoranabuhanga.
-
Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 29 Nyakanga 2020
30 July 2020, by Dusingizimana RemyKu wa Gatatu, tariki ya 29 Nyakanga 2020, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul KAGAME.
0 | ... | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | 2520 | 2530 | 2540 | ... | 2550