Perezida Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Perezida Petr Pavel wa Repubulika ya Czech uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda aho yaje no kwifatanya n’abaturarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida wa Czech yahishuye icyo yakunze kuri Perezida Kagame
6 April, by Dusingizimana Remy -
Perezida Kagame yavuze aho umushinga wo kubaka ikibuga cy’Ibugesera ugeze
23 May 2023, by Rebecca UFITAMAHOROPerezida Paul Kagame witabiriye inama yiga ku bukungu iri kubera mu gihugu cya Qatar yavuze aho imirimo yo kubaka Ikibuga cy’Indege cya Bugesera ingezde ndetse naho uyu mwaka urangira igeze. Ibi Umukuru w’igihugu yabitangaje ubwo yabazwaga ku bufatanye bw’u Rwanda na Qatar mu ngeri zitandukanye, zirimo ishoramari muri RwandAir no mu mushinga w’Ikibuga cy’Indege cya Bugesera.
Yasubije agira ati” "Turi gushyira mu bikorwa ibyo twemeranyije. Turi gukorana mu bijyanye na sosiyete y’indege ariko (...) -
Yifashishije Umwuzukuru we, Nyakubahwa Paul Kagame yagaragaje amarangamutima ye Kumunsi w’amavuko we
24 October 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTPresident Paul Kagame yavutse tariki ya 23 Ukwakira 1957, avukira mu cyahoze ari gitarama ubu ni mu Karere ka Ruhango intara y’amajyepfo, avuka kuri Bisinda Asteria Rutagambwa na Rutagambwa Deogratias.
-
Gianni Infantino uyobora FIFA yafunguye icyicaro cyayo mu Rwanda [AMAFOTO]
19 February 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), Gianni infantino, ari kumwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr.Vincent Biruta na Minisitiri wa Siporo,Munyangaju Aurore Mimosa,yafunguye ku mugaragaro icyicaro cya FIFA mu Rwanda.
-
Imashini zo mu ruganda rwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1 na miliyoni 700
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 18 Kamena 2018, umuhesha w’ inkiko w’ umwuga yagurishije imashini zikora itabi zo mu ruganda Primier Tobacco Company Ltd rw’ umuryango wa Rwigara zigurwa n’ Ikigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka kuri miliyari imwe na miliyoni 797 Frw.
-
Niki kihishe inyuma y’igabanuka ry’amafaranga You Tube yishyuraga Abanyarwanda?
16 August 2021, by NIYIGABA DC CLEMENTImyaka imaze kuba myinshi urubuga rwa YouTube ari rumwe mu zimaze kwigwizaho abakunzi, akenshi bamwe bakayikundira ko bisanzura mu gutanga ibitekerezo nta nkomyi.Abandi bayikundira ko bayishakiraho ibihangano by’abahanzi bakunda bitabagoye dore ko bibasaba kuba bafite interinete gusa, abandi bakayikundira cyane ko bayisaruraho agafaranga katari gacye biciye mu bihangano, ibiganiro batambutsa, amasomo ndetse nibindi.
-
Amafoto:Abaturage ba Nyamagabe biteguye kwakira Perezida Paul Kagame
26 August 2022, by ISHIMWE JANEAbaturage ba Nyamagabe biteguye kwakira Paul Kagame mu byishimo byinshi kuri uyu wa 26 Kanama 2022 ku Kibuga cy’Umupira cya Nyagisenyi.
-
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama ya 31 isanzwe ya AU
30 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Kagame, akaba n’Umukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yageze i Nouakchott ho muri Repubulika ya Kiyisilamu ya Mauritania aho azayobora Inama ya 31 Isanzwe y’Ihuriro ry’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).
-
Mu byo abapasiteri bavuga ku butinganyi harimo ko ari iturufu yo kwaka ubuhungiro
13 November 2017, by Nsanzimana ErnestKuryamana no gushakana kw’ abahuje ibitsina bizwi nk’ ubutinganyi bikomeje kutavugwaho rumwe. Bamwe mu ba pasteri bavuga ko ubutinganyi bugamije kurimbura Isi, abandi bakavuga hari abasigaye babwitwaza kugira ngo bake ubuhungiro mu bihugu bikomeye mu Isi.
Ibihugu 20 ku isi byemera gushyingira abamana bahuje ibitsina. Ni Argentine, Danmark, Hollande, Afurika y’ Epfo, Ububiligi, Ubwongereza, Iceland, New Zealand, Espagne, Brazil, Finland, Ireland, Norway, Sweden, Canada, France, Luxemborg, (...) -
Ibyo wamenya kuri Gen. Jean Bosco Kazura umugaba mukuru mushya w’Igisirikare cya RDF
7 November 2019, by Martin MunezeroGeneral Major Jean Bosco Kazura, yazamuwe mu ntera agirwa General, agirwa umugaba mukuru w’ingabo za RDF kuva kuri uyu wa 04 Ugushyingo 2019, asimbuye Gen. Patrick Nyamvumba wagizwe Minisitiri w’umutekano.
0 | ... | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | 2520 | 2530 | 2540 | 2550