Hari hashize imyaka igera kuri ine ubuyobozi bw’Akarere bufashe icyemezo cyo gufunga zimwe mu nyubako z’ubucuruzi z’igice kitari gito cy’Umujyi ngo ba nyirayo bubake amazu agezweho. Gusa, benshi mu ba nyiri izi nyubako ntibasannye bituma igice kitari gito cy’Umujyi gisa n’igihundutse amatongo.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Huye: Gusana Umujyi, Itongo rya Gicanda, Ingoro ya Muvoma, Mukura, byinshi mu kiganiro na Meya (Video)
3 February 2019, by Ubwanditsi -
Perezida Kagame yavuze ko ishyari ibihugu by’iburengerazuba bifitiye Ubushinwa ridakwiriye guhungabanya Afurika
1 May 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame,yavuze ko imihangayiko ibihugu biherereye mu Burengerazuba bw’isi biterwa no kuba Ubushinwa bukorana bya hafi na Afurika zidakwiriye kuyihungabanya kuko ariyo izi ibyo ikeneye.
-
Alain Mukuralinda yatunze urutoki abategura Amavubi nyuma yo gutsindwa na Mozambique
19 June 2023, by Joseph IradukundaUmuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yibukije abo bireba ko nta yindi nzira ya bugufi iba mu mupira w’amaguru uretse guhera mu bakiri bato kandi bakitabwaho uko bikwiye.
Kuri iki Cyumweru ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru, Amavubi, ni bwo yatsinzwe umukino w’umunsi wa Gatanu wo gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika cya 2024.
Uyu mukino wabereye kuri Stade mpuzamahanga ya Huye, Amavubi yatsinzwe na Mozambique ibitego 2-0 binatuma amahirwe kuzajya (...) -
Dr Dusabe wari umuganga ukomeye muri Faisal yiciwe muri Afurika
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuganga w’umunyarwanda wavuraga kanseri zifata mu myanya ndagagitsina y’abagore (Gynecologic oncology) mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal Dr Raymond Dusabe, yiciwe muri Afurika y’Epfo aho yari yaragiye mu kiruhuko.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega yemeje amakuru y’iyicwa rya Dr Raymond Dusabe avuga ko urupfu rwe rwamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 08 Mutarama 2018, ubwo basanze yariciwe mu nzu yabagamo mu mujyi wa Cape Town aho yari mu biruhuko.
Dr Raymond (...) -
Abanyarwanda 8 birukanwe na Niger bagiye gusubizwa i Arusha
8 February 2022, by Dusingizimana RemyUmucamanza w’urwego rwasigaye rurangiza imanza z’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwa Arusha yategetse ko abanyarwanda umunani baheruka kwirukanwa na Niger basubizwa ku kicaro cy’uru rwego i Arusha muri Tanzania.
Mu nyandiko y’icyemezo cye, umucamanza Joseph E. Chiondo Masanche yise iki kibazo ’akaga’, yongeraho ko Niger yishe amasezerano yagiranye na ONU ubwo yemeraga kwakira abo bantu.
Abo ni; Francois-Xavier Nzuwonemeye, Prosper Mugiraneza, Anatole Nsengiyumva, Protais Zigiranyirazo, Alphonse (...) -
Umuyobozi wungirije wa RGB yatawe muri yombi
22 May 2022, by Dusingizimana RemyRIB yataye muri yombi Dr Nibishaka Emmanuel,umuyobozi wungiririje w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) akurikiranweho ibyaha by’ubwambuzi bushukana no gukoresha inyandiko mpimbano.
Ubu afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Remera mu gihe dosiye ye iri gukorwa kugirango ishyikirizwe Ubushinjacyaha.
Umuvugizi wa RIB, Dr.Murangira B.Thierry yatangaje ko Dr Nibishaka yarezwe n’abantu batandukanye, ko yagiye abaka amafaranga abizeza kubashakira visa zo kujya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (...) -
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba Akarere (...) -
Diego Maradona wakoze amateka muri ruhago yahitanwe n’umutima
25 November 2020, by Dusingizimana RemyUmunyabigwi Diego Armando Maradona wakoze amateka adasanzwe mu mupira w’amaguru yahitanwe n’indwara y’umutima nyuma y’iminsi mike yizihije isabukuru y’imyaka 60 ndetse anabazwe mu bwonko.
-
Gen. Ibingira yasimbuwe ku buyobozi bw’ Inkeragutabara azisize ku murongo
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Republika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga yagize Maj Gen Aloys Muganga umugaba w’agateganyo w’Inkeragutabara, Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yabitangaje kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018.
-
Abanyarwanda babuze imitungo yabo nibakomere nta nzara izabica- Minisitiri Shyaka
8 May 2020, by Dusingizimana RemyImvura nyinshi yaguye mu bice bitandukanye mu Rwanda mu ijoro ryo kuwa gatatu rishyira kuwa Kane w’iki cyumweru, yangije ibintu byinshi birimo ubuzima bw’abantu 72,isenya amazu n’ibiraro ndetse irengera imyaka myinshi y’abaturage.
0 | ... | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | 2520 | 2530 | 2540 | 2550