Urwego rushinzwe gukurikirana ibyaha RIB kuri uyu wa 6 Kanama 2018 rwagaragaje abasore babiri bashinjwa ubwambuzi bushukana bifashishije Facebook na Instagram bakabeshya ko ari ba ‘kanaka’ bazwi, kandi atari bo, bagasaba umuntu bashaka amafaranga.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
RIB yerekanye abatekamutwe barimo uwiyitiriye Ama- G, Rutura, Bruce Melody, Jay Polly n’ abandi
6 August 2018, by Nsanzimana Ernest -
Hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari hafi y’umupaka w’u Burundi
13 February 2020, by Dusingizimana RemyKu mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru hagaragaye ifoto ya Kizito Mihigo afite igikapu ari kumwe n’abandi bagabo 2 aho bivugwa ko yari ahitwa ku Ruheru mu mu murenge wa Nyabimata mu Karere ka Nyaruguru hafi y’umupaka w’u Burundi.
-
Perezida Kagame yahishuye ko intandaro y’ibibazo biri hagati y’umubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo
18 February 2019, by Martin MunezeroPerezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko ibibazo biri mu mubano w’u Rwanda na Uganda bituruka muri Afurika y’Epfo aho abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda bakorera .
-
“Tshisekedi ashoboye byose, usibye gupima ingaruka zibyo avuga"-Perezida Kagame
25 March, by Dusingizimana RemyPaul Kagame yagiranye ikiganiro kirambuye n’ikinyamakuru Jeune Afrique cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo umubano w’u Rwanda na RDC by’umwihariko ikibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bw’iki gihugu.
-
Gicumbi: Padiri yasezeye ku nshingano ze kugira ngo yishakire umugore
24 July 2021, by Dusingizimana RemyPadiri Fidèle de Charles Ntiyamira wakoreraga muri Diyosezi ya Byumba, yasezeye ku nshingano ze za gisaseridoti n’izindi bifitanye isano avuga ko abitewe n’impamvu ze bwite.
Ibaruwa y’ubwegure bwe bigaragara ko yandikiwe Musenyeri wa Diyosezi ya Byuma, Nzakamwita Servilien, ku wa 18 Nyakanga 2021, wari umushinzwe kuva mu 2008.
Nyir’ukuyandika bigaragara ko ashobora kuba atari mu Rwanda kubera aderesi zo mu Budage yakoresheje, yavuze ko yafashe icyemezo cyo kwegura nyuma yo kubitekerezaho (...) -
Perezida Kagame yaganiriye na Aljazeera ku mubano w’u Rwanda na Uganda
21 November 2021, by Dusingizimana RemyPerezida w’u Rwanda,Paul Kagame, yaganiriye n’Ikinyamakuru Aljazeera ku ngingo zitandukanye zirimo iterambere ry’igihugu nyuma ya jenoside yo mu 1994,icyo atekereza ku gukomeza kuyobora, umubano we na Yoweri Museveni wa Uganda, icyemezo cyo kohereza ingabo muri Mozambique ndetse n’igisobanuro cya opozisiyo kuri we.
Paul Kagame yatangiye imirimo yo kuyobora u Rwanda hashize imyaka itandatu jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ibaye aho abantu basaga miliyoni bishwe bazize ubwoko bwabo. (...) -
Israel - Gaza: Igitero cy’indege cyakozwe ku nzu y’umukuru wa Hamas cyaguyemo abasaga 30
16 May 2021, by Dusingizimana RemyIgisirikare cya Israel kivuga ko cyateye ibibombe ku nzu y’umuyobozi w’umutwe w’Abanyapalestina "Hamas" mu rukurikirane rw’ibitero by’indege byakozwe mu karere ka Gaza.
-
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
-
Rayon Sports yabonye intsinzi muri shampiyona nyuma y’iminsi 53
11 October 2023, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yongeye kubona amanota 3 nyuma yo gutsinda ibitego 2-1 ikipe Etoile de l’Est,mu mukino w’Umunsi wa Gatandatu wa Shampiyona.
-
Abarimu ibihumbi 28 bazakoresha ikoranabuhanga mu gukora ibarura rusange rya Gatanu
6 January 2022, by Dusingizimana RemyIkigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare(NISR) gitangaza ko kigeze ku musozo w’imyiteguro y’Ibarura rusange rya Gatanu ry’abaturage n’imiturire, rizakorwa tariki 16 Kanama muri uyu mwaka wa 2022, hakazifashishwa abarimu barenga 28,000 bo mu mashuri abanza, kandi bazakoresha ikoranabuhanga.
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe amabarura mu Kigo cy’Ibarurishamibare NISR, Habarugira Venant yatangaje ko mu barimu bigisha mu mashuri abanza bangana n’ibihumbi 62 basabye kuzifashishwa mu ibarura rusange ry’abaturage, (...)
0 | ... | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | 2500 | 2510 | ... | 2550