Perezida wa Zambia Edgar Lungu wasoje uruzinduko rwe i Kigali yatangaje ko bazakomeza gufatanya n’u Rwanda kugira ngo hatabwe muri yombi abakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi, kandi ngo n’abanyarwanda bari mu gihugu ke ari impunzi ntibazakomeza kwitwa impunzi.
Mu kiganiro n’abanyamakuru, Perezida Edgar Lungu yagarutse ku kibazo cy’abanyarwanda bakekwaho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bihishe muri Zambia.
Yavuze ko bakira impunzi batari bafite amakuru (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uruzinduko rwa Perezida Lungu rusigiye iki u Rwanda
22 February 2018, by Nsanzimana Ernest -
Mu birori byari binogeye ijisho umunyamakuru w’imyidagaduro Mike Karangwa yasabye anakwa Isimbi[AMAFOTO]
18 February 2019, by Martin MunezeroMike Karangwa wamenyekanye mu itangazamakuru ry’imyidagaduro hano mu Rwanda, yasabye anakwa umukunzi we Isimbi Roselyne bitegura ku rushinga .
-
U Rwanda rwasabye u Burundi ibisobanuro ku gitero rwagabweho n’abari baturutse ku butaka bwabwo
30 June 2020, by Dusingizimana RemyLeta y’u Rwanda yamaze kwandikira u Burundi ibusaba ubusobanuro burambuye ku gitero guherutse kugabwa ku ngabo z’u Rwanda n’abantu bari bitwaje intwaro baturutse ku butaka bwabwo ndetse bafite n’ibikoresho byabwo.
-
Lt.Colonel Butera wari umujyanama mu bya Gisirikare muri FLN yishwe na FARDC
10 January 2021, by Dusingizimana RemyLt.Colonel Butera Didier wahoze ari umukinnyi wa Mukura Victor Sport mu 1994 ubu akaba yari umujyanama mu bya gisilikare mu mutwe w’inyeshyamba za CNRD/FLN, yishwe arashwe n’ingabo za congo FARDC ahitwa Mwenga muri Kivu y’Amajyepfo.
-
Ibicuruzwa byo mu Burundi na Congo-Kinshasa byemerewe kuzanwa mu Rwanda
3 June 2019, by Martin MunezeroAbayobozi b’inzego z’ibanze z’ibi bihugu bahuriye mu nama ibera i Kigali, bakaba biga ku buryo bakorohereza abaturage baturiye imipaka kugenderana bagiye gucuruza no kwiga (hari abanyeshuri biga mu bihugu by’abaturanyi).
-
Urubanza rw’abaturage ba Bannyahe n’Umujyi wa Kigali rwapfundikiwe
11 March 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasoje urubanza abaturage bo muri Nyarutarama baregamo umujyi wa Kigali gushaka kubimura mu mitungo yabo ku gahato.
Itsinda ryaburanye uyu munsi rigizwe n’imiryango irindwi itandatu muri yo umujyi wa Kigali wayisenyeye amazu mu mwaka wa 2020 ubategeka kwimukira mu Busanza mu karere ka Kicukiro.
Bose barasaba ingurane ikwiye mu mafaranga no gusubirana uburenganzira ku mitungo yabo. Umujyi wa Kigali uravuga ko bari barubatse mu kajagari bityo ko bagombye (...) -
Gasabo: Umugabo yatemaguye umugore we aramwica ngo yatinze ku isoko
18 September 2018, by Nsanzimana ErnestUmugabo ukuze wo mu kagari Munini , Umudugudu Rudakabukirwa mu murenge wa Gikomero wo mu karere ka Gasabo yishe umugore we wari ufite imyaka 35 amutemaguye ngo yagiye guhaha aratinda.
-
Ishyaka rya Democratic Green Party ryirukanye abarwanashyaka 2 kubera "imigambi mibisha" bashinjwa
25 October 2021, by Dusingizimana RemyIshyaka Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) riyoborwa na Depite Dr.Habineza Frank, ryirukanye abanyamuryango baryo babiri kubera imigambi mibisha bari bafite yo kurisenyera mu rindi bashakaga gushinga.
-
Abana ba Kabuga Félicien babwiye urukiko ko kumufunga bishobora kumuviramo urupfu
30 May 2020, by Dusingizimana RemyAbana ba Félicien Kabuga uherutse gutabwa muri yombi mu Bufaransa ashinjwa ibyaha bya jenoside yo mu Rwanda mu 1994 bavuga ko afunze mu buryo bumwima uburenganzira bwe nk’umuntu ufite ubuzima bumeze nabi cyane ucyeneye kwitwaho byihariye.
-
Mwiseneza Josiane yasubije abavuze ko musaza we yamwambuye inkunga yahawe ayishyurira umwana we ishuli rikomeye
28 February 2019, by Dusingizimana RemyMwiseneza Josiane wamenyekanye cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 bikamuhesha ikamba rya Miss Popularity yatangaje ko amakuru yavuzwe ko musaza we yamuriganyije amafaranga yahawe nk’inkunga akayarihiramo umwana we muri Ecole Francaise ari ibinyoma byambaye ubusa.
0 | ... | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470 | 2480 | 2490 | ... | 2550