U Rwanda ruribuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi yagizwemo uruhare rukomeye n’abapasiteri,abapadiri,ababikira ndetse n’abayoboke b’amadini hafi ya yose mu Rwanda.
Mu gihe cya Jenoside yakowe Abatutsi mu 1994, bivugwa ko Abanyarwanda barenga 90% bari abakirisitu.
Kiliziya Gatolika n’Itorero ry’Abaprotesitanti, n’amwe mu madini amaze imyaka isaga 120 ageze mu Rwanda ndetse yari afite abayoboke benshi cyane mu gihe cya Jenoside.
Birumvikana ko bake basigaye atari bo bonyine bishe (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Uruhare rukomeye amadini yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi
11 April 2023, by Dusingizimana Remy -
Byinshi kuri ACP Lynder Nkuranga wabaye umugore wa mbere uyoboye urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka
7 September 2021, by Dusingizimana RemyLynder Nkuranga, umwe mu bagore bacye bari mu rwego rwo hejuru mu mapeti ya polisi y’u Rwanda yagizwe umukuru w’urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka.
Itangazo rya Minisitiri w’intebe w’u Rwanda ryo kuwa mbere nijoro, rivuze ko aje gusimbura Lt Col François Regis Gatarayiha wari ukuriye urwo rwego kuva mu 2018.
Ni ibisanzwe ko abategetsi mu myanya yo hejuru bakurwaho ntihavugwe impamvu, rimwe na rimwe Perezida Paul Kagame ubwe akaba ari we uyivugaho.
Mu gihe ntakiratangazwa n’ubutegetsi (...) -
Utubari twemerewe gufungura mu byiciro nyuma y’umwaka urenga dufunze
21 September 2021, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 21 Nzeri 2021, yayoboye Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro ku Kacyiru ifata ingamba nshya mu gukomeza gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 ndetse ishyiraho imishinga y’amategeko mishya.
Iyi nama y’Abaminisitiri yateranye uyu munsi, yoroheje zimwe mu ngamba zashyizweho mu guhangana na COVID-19 zirimo gukomorera utubari twafunzwe muri Werurwe 2020.
Ingendo zirabujijwe guhera saa tanu z’ijoro kugeza saa kumi za mugitondo (...) -
Leta y’ u Rwanda yamaganye ibirori bya ‘Bridal shower’, ngo bikorerwamo uburiganya
16 November 2017, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’ umuco na Siporo, ifatanyije na Minisiteri y’ uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango ndetse na Minisiteri y’ ubutegetsi bw’ igihugu basabye abayobozi n’ ababyeyi kwamagana ibirori bisigaye bikorerwa umukobwa witegura kurushinga bizwi ku izina rya ‘bridal shower’. Ibi birori bamwe bavuga ko bikorerwamo uburiganya.
Hari mu nama nyunguranabitekerezo ku ndangagaciro z’ ubukwe bwa Kinyarwanda. Iyi nama yabaye kuri uyu wa Kane tariki 16 Ugushyingo 2017 ihuza inzego zitandukanye zirimo (...) -
Perezida Kagame na Madamu bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cya Jordania
2 June 2023, by Joseph IradukundaPerezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame, bitabiriye ubukwe bw’Igikomangoma cy’Ubwami bwa Jordania, bwatashywe n’abandi banyacyubahiro bakomeye ku Isi.
-
Umukinnyi wa Inyemera WFC yakubitiwe ku karere azira kwishyuza imishahara y’ikipe
8 March, by Dusingizimana RemyAbakinnyi b’ikipe y’abagore ya Inyemera WFC bameze amezi atanu badahembwa byatumye kapiteni wabo akubitirwa ku karere agiye kwishyuriza bagenzi be kuko babayeho nabi.
-
Abatuye mu nkengero za Goma bahunze ku bwinshi imirwano ya FARDC na M23
24 May 2022, by Dusingizimana RemyImirwano yabaye kuwa kabiri mu bice byegereye Kibumba muri teritwari ya Nyiragongo mu ntera igera kuri 20Km uvuye i Goma yatumye abaturage benshi bava mu byabo inatera ubwoba abatuye uyu murwa mukuru w’intara ya Kivu ya ruguru.
Mu gihe imirwano yari imaze iminsi ibera muri teritwari ya Rutshuru mu duce twa Shangi, Bikenke, Runyoni…ahari ibirindiro by’umutwe wa M23, imirwano y’uyu munsi yumvikanye muri teritwari ya Nyiragongo hafi cyane ya Goma.
Abajijwe niba M23 igambiriye gutera no gufata (...) -
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya wa mbere muri Afurika mu kugira polisi yizewe
24 August 2018, by Nsanzimana ErnestWorld Economic Forum yashyize Polisi y’ u Rwanda ku mwanya wa mbere muri Afurika no ku mwanya wa 13 ku rwego rw’isi mu kunoza akazi kayo no kugirirwa icyizere mu baturage.
-
Perezida Kagame yavuze ikintu cyamugoye kurusha ibindi nyuma yo kurangiza urugamba rwo kubohora u Rwanda
21 November 2019, by Dusingizimana RemyNyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame yabwiye abitabiriye umuhango wo gufunguraga icyicaro gishya cya Carnegie Mellon University,ko nyuma yo kubohora u Rwanda yahuye n’ibihe bikomeye byo kumvisha abasirikare bari bamaze kurangiza intambara ko badakwiriye kwihorera nyuma yo gusanga imiryango yabo yatikiriye muri Jenoside.
-
CG George Rwigamba yaba yarazize iki? Ni ibihe bibazo birindiriye DCG Marizamunda?
16 April 2021, by UbwanditsiRtd Brig. Gen George RWIGAMBA yageze mu rwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa (RCS) kuri 29 Werurwe 2016 asimbuye Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE umwanya yari amazeho imyaka 5.
Ubwo habaga ihererekanyabubasha hagati ya Rtd Brig. Gen George Rwigamba na Rtd Major Gen Paul RWARAKABIJE, icyo gihe Rwarakabije yifurije akazi keza umusimbuye anamwizeza ubufatanye igihe buzaba bukenewe!
Mu byemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuri uyu wa gatatu taliki 14/4/2021 nibwo byamenyekanye ko DCG (...)
0 | ... | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | ... | 2540