Minisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira gukurikizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2022/2023.
Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri ya leta y’incuke, abanza n’ayisumbuye.
Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentine avuga ko iki cyemezo kigamije (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Leta yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga y’ishuri
14 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Urukiko rwatangaje igifungo rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel
11 April, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel wahoze ayobora intara y’Iburasirazuba igifungo cy’imyaka 3 n’amezi 6 ndetse n’ihazabu ya miliyoni 36 Frw.
-
Abarwaye Coronavirus mu Rwanda babaye 75…Habonetse 5 kuri uyu wa Kabiri
31 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yamaze gutangaza ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2020, mu Rwanda hagaragaye abanduye Coronavirus 5 bituma umubare wose w’abamaze kwandura ugera kuri 75.
-
Leta yongereye akayabo mu ngengo y’imari ivuguruye
8 February, by Dusingizimana RemyGuverinoma yatangaje ko ingengo y’imari ivuguruye mu 2023/2024 iziyongeraho miliyari 85.6Frw, ikava kuri miliyari 5,030Frw yiyongera ikagera kuri miliyari 5,115.6Frw.
-
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
25 October 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahagaritse ku mirimo CG (Rtd) Gasana Emmanuel,wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.
-
Drone z’ ubutasi zoherejwe gufata amashusho y’ ubuzima bwa Museveni mu icumbi rye
22 June 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida Museveni wa Uganda yahagurukiye ikibazo cy’ utudege tudo tutagira abapilote nyuma yo gutahura ko tumufata amashusho y’ ubuzima bwe bwite mu icumbi rye riherereye Nakasero.
-
Gen. Muhoozi umuhungu wa Perezida Museveni ati ’bitwaye iki kuba Museveni yaba ari Umunyarwanda’
10 August 2020, by Martin MunezeroLt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Yoweri Museveni uyoboye Uganda, yagarutse ku butumwa bwa se mu 1986 ubwo yari amaze gufata ubutegetsi, aho yibaza icyo byaba bitwaye aramutse ari Umunyarwanda.
-
Bamporiki Edouard yamaze kugera muri gereza ya Mageragere
23 January 2023, by Dusingizimana RemyBamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco yakatiwe imyaka itanu ahamijwe icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya no gukoresha mu nyungu ze bwite ububasha ahabwa n’itegeko.
Umuvugizi wa RIB,Dr Murangira Thierry yemereye itangazamakuru ko Bamporiki Edouard yamaze kugezwa muri Gereza ya Mageragere mu kubahiriza imyanzuro y’Urukiko Rukuru.
Bamporiki niyemerewe kujurira bwa kabiri kuko igifungo yakatiwe kiri munsi y’imyaka 10.
Inzira (...) -
MINISANTE yasubije mu kazi umuforomo wahaye umurwaza amaraso ngo age kuyipimishiriza I Kigali
29 July 2018, by Nsanzimana ErnestMinisiteri y’Ubuzima (Minisante) yasubije mu kazi umuforomo wo mu bitaro bya Byumba iherutse guhagarika by’agateganyo azira ko yafashe amaraso y’umurwayi akayaha umurwaza ngo ayijyanire kuyapimisha ku kigo cy’Igihugu gipima amaraso kiri i Kigali.
-
Abakozi ba Skol basuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi (Amafoto)
11 April, by Joseph IradukundaAbakozi b’uruganda Skol Brewery Ltd Rwanda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye, basuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali, ruherereye ku Gisozi.