Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Kane tariki 25 Mutarama mu 2024, iyoborwa na Perezida Paul Kagame aho hari abayobozi bashyizwe mu myanya.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Inama y’Abaminisitiri yahaye imirimo mishya Bugingo Emmanuel na Uwacu Julienne
25 January, by Dusingizimana Remy -
Gen.Kabarebe yavuze ku ntambara ivugwa hagati y’u Rwanda na RDC
3 November 2022, by Dusingizimana RemyUmujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano ,Gen James Kabarebe,yabwiye abanyeshuri ba Koleji y’ubumenyi n’ikorabuhanga muri Kaminuza y’u Rwanda ko u Rwanda rutarwana intambara na RDC.
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 02 Ugushyingo 2022,nibwo Gen. James Kabarebe yaganiriye n’urubyiruko rw’abakorerabushake bo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Nyarugenge ku bwitange n’ubutagamburuzwa mu rubyiruko hashingiwe ku mateka yaranze urugamba rwo kubohora igihugu.
Yababwiye ko u Rwanda rurwana (...) -
Umuherwe Rujugiro Ayabatwa Tribert yatabarutse ku myaka 82
17 April, by Dusingizimana RemyUmuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro yitabye Imana. Nyakwigendera Rujugiro akomoka i Nyanza mu Rwanda yapfuye nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’igihugu cye nk’impunzi.
-
U Burundi bwongeye intwaro zikomeye ku mipaka buhana n’u Rwanda bunemeza ko bwiteguye intambara
30 January, by Dusingizimana RemyIgisirikare cy’u Burundi cyatangaje ko cyiteguye intambara yashozwa n’u Rwanda.
-
Uruganda rwa Rwigara rwareze Leta y’ u Rwanda
31 January 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarungenge, rwatangiye kuburanisha urubanza Uruganda “ Premier Tobacco Company” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, ruregamo ikigo c’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro RRA. Uru ruganda , rusaba urukiko gutegeka iki kigo, kuvanaho inzitizi zose zatumye uru ruganda ruhagarika akazi karwo k’ubucuruzi.
Mu kirego cyihutirwa cyatanzwe n’Uruganda Premier Tobacco Company” rwunganirwa na Me Janvier Rwagatare, rwagejeje ku rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, uru ruganda (...) -
Leta yashyizeho ibiciro ntarengwa by’amafaranga y’ishuri
14 September 2022, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Uburezi yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru cyagarutse ku mabwiriza ajyanye n’uruhare rw’ababyeyi mu burezi bw’abanyeshuri biga mu mashuri y’incuke, abanza n’ayisumbuye ya Leta n’akorana na Leta ku bw’amasezerano azatangira gukurikizwa mu gihembwe cya mbere cy’umwaka w’amashuri 2022/2023.
Minisiteri y’Uburezi yashyize ahagaragara amabwiriza agenga umusanzu w’ababyeyi mu mashuri ya leta y’incuke, abanza n’ayisumbuye.
Minisitiri w’Uburezi Dr. Uwamariya Valentine avuga ko iki cyemezo kigamije (...) -
Urukiko rwatangaje igifungo rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel
11 April, by Dusingizimana RemyUrukiko rwisumbuye rwa Nyagatare rwakatiye CG (Rtd) Gasana Emmanuel wahoze ayobora intara y’Iburasirazuba igifungo cy’imyaka 3 n’amezi 6 ndetse n’ihazabu ya miliyoni 36 Frw.
-
Abarwaye Coronavirus mu Rwanda babaye 75…Habonetse 5 kuri uyu wa Kabiri
31 March 2020, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubuzima yamaze gutangaza ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Werurwe 2020, mu Rwanda hagaragaye abanduye Coronavirus 5 bituma umubare wose w’abamaze kwandura ugera kuri 75.
-
Leta yongereye akayabo mu ngengo y’imari ivuguruye
8 February, by Dusingizimana RemyGuverinoma yatangaje ko ingengo y’imari ivuguruye mu 2023/2024 iziyongeraho miliyari 85.6Frw, ikava kuri miliyari 5,030Frw yiyongera ikagera kuri miliyari 5,115.6Frw.
-
Perezida Kagame yahagaritse ku mirimo Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba
25 October 2023, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame yahagaritse ku mirimo CG (Rtd) Gasana Emmanuel,wari Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba kubera ibyo agomba kubazwa akurikiranweho.