Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2023/2024 nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 27 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
APR FC yegukanye shampiyona ku nshuro ya 22 mu myaka 31 imaze ishinzwe
20 April, by Dusingizimana Remy -
Menya byinshi kuri Rujugiro Ayabatwa Tribert wari Umunyarwanda ukize cyane kurusha abandi
17 April, by Dusingizimana RemyUmuherwe w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83 mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 17 Mata 2023.
-
Ingaboz’u Rwanda zasobanuye uko zinjiye ku butaka bwa DR Congo zitabiteguye
19 October 2021, by Dusingizimana RemyIngabo z’u Rwanda [RDF] zatangaje ko ku wa Mbere, i Bugeshi mu Karere ka Rubavu, hari abashinzwe umutekano bageze ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo batabiteguye ubwo bari bakurikiye abacuruza magendu bari bafite imitwaro, aho hanaketswe ko bafite n’intwaro.
Zitangaza ko zizakomeza kugirana imibanire myiza n’iza DRC (FARDC) no gukomeza gukorana mu guhangana n’ibibazo bibanganira umutekano.
Itangazo ry’ingabo z’u Rwanda rivuga ko abo basirikare "batabigambiriye, barenze (...) -
Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yabonye Minisitiri mushya,Busingye ahindurirwa imirimo
31 August 2021, by Dusingizimana RemyMinisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda yashyizweho ku wa 14 Nyakanga 2021 mu nama y’abaminisitiri, yahawe umuyobozi wayo wa mbere ariwe Dr Bizimana Jean Damascène wari usanzwe ayoboraga CNLG kuva mu 2015.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame niwe wagize Dr. Bizimana Jean Damascene Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu mu gihe Busingye Johnston wari Minisitiri w’Ubutabera yagizwe Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza
Iyi minisiteri yahawe kuyobora ifite inshingano zo kwimakaza (...) -
Dr Pierre Damien Habumuremyi yabwiye urukiko ko atemera ibyaha ashinjwa
16 July 2020, by Dusingizimana RemyMu gitondo cyo kuri uyu munsi tariki ya 16 Nyakanga 2020, nibwo Dr Pierre Damien Habumuremyi yagejejwe imbere y’urukiko rwibanze rwa Gasabo kuburana ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo no kwiregura ku byaha birimo icyo gutanga sheki zitazigamiye n’icy’ubuhemu.
-
Kenya: William Ruto yemejwe bidasubirwaho ko yatsinze amatora
5 September 2022, by Dusingizimana RemyUrukiko rw’Ikirenga muri Kenya rutesheje agaciro ikirego cya Raila Odinga utaremeraga ibyavuye mu matora, rushimangira ko William Ruto yatsinze amatora kandi ngo yagenze neza cyane.
Martha Koome, perezida w’Urukiko rw’Ikirenga rwa Kenya yemeje ko ibyavuye mu matora bifite ishingiro.
Uru rukiko rwavuze ko ingingo zishingirwaho z’ibirego by’impande icyenda - zirimo Raila Odinga - nta shingiro zifite.
Martha Karua, uwiyamamazaga kuba visi perezida wa Raila Odinga, yahise atangaza kuri Twitter (...) -
FARDC yatangiye kumena ibisasu mu birindiro bya M23 ikoresheje indege
8 November 2022, by Dusingizimana RemyUmutwe wa M23 uratangaza ko guhera mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Ugushingo 2022 Ingabo za Leta ya Congo zawugabyeho ibitero simusiga ziri kubamishaho imvura y’ibisasu biremereye.
Amakuru aravuga ko ibisasu bya rutura biri kuraswa n’ndege ebyiri z’intambara za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zo mu bwoko bwa Sukhoi-25.
Izi zirimo imwe yavogereye ikirere cy’u Rwanda kuri uyu wa mbere.
Umuvugizi wa M23 ku rwego rwa politiki, Lawrence Kanyuka yagize ati “Ihuriro ry’Ingabo zifatanyije na FARDC (...) -
"Gen Kayumba, Rudasingwa na ba Karegeya ntibigeze baba muri FPR": Hon Tito Rutaremara
9 October 2020, by UbwanditsiMu kiganiro Hon Tito Rutaremara yahaye Umuryango yavuze ko ba Gen Kayumba Nyamwasa, Rudasingwa na Karegeya batigeze baba muri FPR ndetse ko ahubwo Rudasingwa yari afite ishyaka rye bwite rirwanya FPR cyane. Hon Tito kandi yavuze ko Ingabire Victoire yafunzwe kubera gufatanya na FDRL no kuvuga ko ari abahutu gusa bishwe.
Iki ni ikiganiro kirambuye twagiranye -
Polisi yasabye ababyeyi ikintu gikomeye nyuma y’ibyabaye kuri Mugabekazi
19 August 2022, by Dusingizimana RemyPolisi yasabye ababyeyi kwigisha abana kwirinda imyitwarire ishobora kubashora mu byaha byatuma bagongana n’amategeko birimo kwambara ubusa n’ibindi.
Ibi bikubiye mu butumwa Polisi y’u Rwanda yanyujije kuri Twitter mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane.
Yagize iti “Polisi y’u Rwanda iributsa abaturarwanda ko umuntu wese wambara ubusa, ukora ibiterasoni mu ruhame ndetse n’uha inzoga umwana uri munsi y’imyaka y’ubukure aba akoze cyaha.
Turasaba ababyeyi kwigisha abana no kubarinda kwishora muri ibyo (...) -
Perezida Kagame na Madamu we bagiye gushyigikira umuhungu wabo warangije amasomo ya gisirikare [AMAFOTO]
13 August 2022, by Dusingizimana RemyPerezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye ibirori byo kurangiza amasomo k’umuhungu wabo Ian Kagame, mu Ishuri rya Gisirikare ry’Ubwami bw’u Bwongereza, Royal Military Academy.
Uyu muhungu wabo yahawe ipeti rya Sous Lieutenenant we n’abandi Banyarwanda babiri Park Udahemuka na David Nsengiyumva.
Umuhango wo guha aba basirikare amapeti wabereye i Sandhurst mu Bwongereza mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 12 Kanama 2022.
Perezida Kagame yakiriwe mu cyubahiro kigenerwa (...)