Home > Keywords > Umuryango_Keys > Big_Featured_Article
Big_Featured_Article
Articles
-
Perezida Kagame yirukanye Umuvunyi Wungirije ushinzwe kurwanya ruswa atarangije manda
9 March 2020, by Ubwanditsi
Musangabatware Clement, wari Umuvunyi Mukuru Wungirije ushinzwe gukumira no kurwanya ruswa Foto/Igihe
Mu itangazo risohotse kuri uyu mugoroba rivuye mu biro bya Misitiri w’Intebe ryavugaga ko Perezida wa Repubulika yashyize mu myanya abayobozi nk’uko itegeko ribimuhera ububasha.
-
Urutonde rw’Abayobozi bamaze kuzira Dosiye y’abakono
29 August 2023, by Joseph Iradukunda
Ku itariki ya 9 Nyakanga 2023, nibwo mu Murenge wa Kinigi havuzwe guterana kw’abitwa ubwoko bw’Abakono, bimika umutware wabo mu birori by’akataraboneka byagaragaye ko byiteguwe kandi birimo abakomeye.
-
Amerika yashimye u Rwanda ku kurwanya Ruswa,irushinja Kubangamira Uburenganzira bwa Muntu
15 April 2022, by Joseph Iradukunda
Icyegeranyo cya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika cyasohotse kuri uyu wa 13 mata 2022, cyashimye intambwe u Rwanda rwateye mu kurwanya Ruswa no gukurikirana abo biba byagaragaye ko bayigizemo uruhare.
-
Ange Kagame yahawe akazi mu biro bya Perezida
2 August 2023, by Dusingizimana Remy
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 Kanama yashyizeho abayobozi bashya mu nzego zitandukanye z’igihugu aho umukobwa wa Perezida Kahame,Ange Kagame yahawe inshingano zo kuba Umuyobozi wungirije w’Akanama gashinzwe Ingamba na Politiki za Leta mu Biro bya Perezida.
Abandi bahawe inshingano nshya ni Gen Maj Charles Karamba wagizwe Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia aho agomba kuba anahagarariye igihugu muri AU, mu gihe Michel Sebera yagizwe Ambasaderi muri Guinée naho (...)
-
‘Ikiriyo cyabaye ikibazo mu miryango imwe n’ imwe’
8 October 2017, by Nsanzimana Ernest
Umuvugizi w’ umuryango w’ abayisilamu mu Rwanda, RMC, akaba n’ umuyobozi w’ abayisilamu mu mugi wa Kigali Sheikh Musa Sindayigaya asanga Abanyarwanda bakwiye kwigisha gudasesagura igihe bagize ibyago byo gupfusha.
Uyu mushehe yabikomojeho ubwo yari mu nama yahuje abanyamadini n’ inzego za Leta hagamijwe kwiga no gushakirwa umuti ibibazo biri mu miryango.
Minisitiri w’ umuco na Siporo Uwacu Julienne yagaragaje ko Abanyarwanda bakwiye kwirinda gusesagura igihe bagize birori nk’ ubukwe n’ ibindi. (...)
-
U Burundi bwavuze impamvu bwihutiye gufunga umupaka n’u Rwanda kandi RDC yo itarahise ibikora
13 January, by Dusingizimana Remy
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Burundi,Albert SHINGIRO,yatangaje ko u Burundi bwigenga ndetse ko ntawe bureberaho mu gufata ibyemezo ariyo mpamvu bwahisemo gufunga imipaka n’u Rwanda nyamara RDC imaze igihe ishinja u Rwanda gukorana na M23 yo yaritonze.
-
Pio Mugabo wahoze ari Minisitiri yasezeweho bwa nyuma[AMAFOTO]
18 January 2020, by Martin Munezero
Urukiko Rukuru, abagize Urwego rw’Ubucamanza n’Urwego rw’Ubutabera, abayobozi mu nzego za Leta n’abo mu muryango, basezeye bwa nyuma kuri Pio Mugabo witabye Imana ku cyumweru azize uburwayi.
-
FPR yemeje abakandida 70 bazayihagararira mu matora y’ abadepite
8 July 2018, by Nsanzimana Ernest
Umunyamabanga Mukuru wa FPR Inkotanyi, François Ngarambe, yatangaje urutonde ntakuka rw’abakandida b’abadepite bazahagararira uyu muryango mu matora ateganyijwe muri Nzeri, barimo 70 bawukomokamo, abandi 10 bakaba abo mu mitwe ya politiki yifatanyije nayo.
-
FPR Inkotanyi igiye gutora abazayihagararira mu matora ya Perezida n’abadepite
23 February, by Dusingizimana Remy
Ubunyamabanga bw’Umuryango FPR Inkotanyi bwatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 24 Gashyantare 2024, hazatangira amatora yo gushaka uzawuhagararira mu matora ya Perezida ateganyijwe muri Nyakanga 2024 n’abazawuhagararira umuryango mu matora y’Abadepite.
-
Perezida Kagame yahinduriye imirimo abarimo Pudence Rubingisa,Barore ahabwa kuyobora RBA
14 December 2023, by Dusingizimana Remy
Perezida Kagame yashyize mu myanya abayobozi barimo Valens Uwineza wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ibiro bya Perezida, Pudence Rubingisa wagizwe Guverineri w’Iburasirazuba, na Cleophas Barore wari Umunyamakuru wa RBA, wagizwe Umuyobozi Mukuru w’iki Kigo.