Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa 28/02/2019 guhera saa yine z’amanywa (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo wimukanwa wa RAVICHANDRAN GOVINDRAJ ugizwe n’ikinyabiziga cyo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 ifite Plaque RAD 952 I uherereye mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro, Umujyi wa Kigali ngo hishyurwe amafaranga RAVICHANDRAN GOVINDRAJ abereyemo ARUN AGGRWAL.
Abifuza gusura iyo modoka bayisanga muri Parking ya Sorvepex Ltd aho ikorera ku (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Itangazo rya cyamunara y’imodoka yo mu bwoko bwa JEEP TOYOTA RAV4 iri muri Parking ya Sorvepex Ltd (Kicukiro haruguru ya Ziniya)
20 February 2019, by Ubwanditsi -
RIB yafunze abajura 12 bashakaga kwiba Equity Bank bakoresheje ikoranabuhanga
1 November 2019, by Dusingizimana RemyUrwego rw’igihugu ry’ubugenzacyaha, RIB, rwaburijemo umugambi mubisha w’abajura12 barimo abanya Kenya umunani, Abanyarwanda batatu n’Umunya Uganda umwe bageragezaga kwiba Equit Bank bakoresheje ikoranabuhanga.
-
“Uwamenye Imana ubuzima bwe burahinduka, shyira ijambo ryayo mbere ya byose”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
22 June 2019, by Rev./Ev. Eustache NibintijeUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Nyamirambo: Umugabo wari uvuye gukina ikiryabarezi yagonzwe n’imodoka arapfa
18 June 2019, by Dusingizimana RemyUmugabo uzwi ku izina rya Cyondo yaraye agonzwe n’imodoka mu masaha ya saa tatu z’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2019 ahita yitaba Imana aho bivugwa ko yari avuye gukina ikiryabarezi i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge.
-
Amafaranga acibwa abatwaye basinze agiye kujya yunganira mutuelle de santé
31 October 2019, by Dusingizimana RemyUmuyobozi ushinzwe Ubwisungane mu Kwivuza [Mutuelle de Santes] mu kigo cy’igihugu cy’Ubwishingizi,RSSB, Deogratias Ntigurirwa yatangaje ko kubera ubushobozi budahagije bwa Mitiweli mu kuvuza abanyarwanda uko bikwiriye,Leta yafashe ingamba zo gushaka aho amafaranga yaturuka harimo no mu bihano by’amafaranga ibihumbi 150 FRW yakwa abafatwa batwaye ibinyabiziga basinze.
-
Perezida Kagame aratanga ikiganiro mu nama iteganyijwe kuri uyu munsi yateguwe na Banki y’Isi
20 April 2022, by Rebecca UFITAMAHOROKuri uyu mugoroba tariki ya 20 Mata 2022, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame aritabira ibiganiro ku mpinduramatwara mu bukungu rishingiye ku ikoranabuhanga.
-
U Rwanda rwatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye mu Isi G7
7 June 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda rwatoranyijwe mu bihugu 12 byatumiwe mu nama y’ ibihugu 7 bikomeye kurusha ibindi mu isi G7 izabera I Quebec muri Canada kuva ku wa Gatanu, ivuga ku kubungabunga inyanja.
-
Uyu mwaka gatanya zariyongereye cyane, Kicukiro iri Ku isonga
23 November 2018, by Nsanzimana ErnestUrukiko rw’Ikirenga rwatangaje ko imanza za gatanya zaciwe mu gihugu cyose mu 2017 zari 69 mu gihe muri uyu mwaka wa 2018 zimaze kwikuba inshuro 19 kuko zigeze ku 1311.
Kicukiro iza ku isonga mu kugira gatanya nyinshi uyu mwaka kuko imiryango 210 yatandukanyijwe byemewe n’amategeko, Gasabo ni 190 naho Nyarugenge ziba 157.
Imibare y’Urukiko rw’Ikirenga igaragaza ko imanza za gatanya zakiriwe hifashishijwe ikoranabuhanga mu 2016 zari 21, 2018 ziba 69 naho 2018 zigera 1311.
Byatangajwe kuri uyu (...) -
Reba ibyamamare 10 byavukiye ndetse bikurira mu buzima bubi (amafoto)
28 August 2017Umunyarwanda yaciye umugani ngo “utazi akazakura yica umutavu”.Byinshi mu byamamare twakunze ndetse dukunda na magingo aya hari bimwe byavukiye mu buzima bubi ndetse bimwe bitagira n’aho kuba bigakurira mu isayo y’ubukene bihabwa urw’amenyo na buri wese ubiteye imboni ariko magingo aya ni abami twemera.
Umuryango wabateguriye ibyamamare 10 byakuriye mu buzima bubi cyane ariko kuri ubu bikaba bikunzwe n’abatari bake ndetse byibitseho akayabo k’amamiliyoni y’amadolari.
10.Mike Tyson Uyu ni (...) -
Kigali mu myiteguro yo kwakira Perezida Nyusi
19 July 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, kuri uyu wa Kane aratangira uruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, rukurikira urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu mu Ukwakira 2016.
Uruzinduko rwa Perezida Kagame rwari urwa kabiri agiriye muri icyo gihugu cyo muri Afurika y’Amajyepfo kuko yaherukagayo mu 2004.
Icyo gihe Umukuru w’Igihugu yaganiriye na mugenzi we Nyusi wa Mozambique ku ngingo zifitiye inyungu abaturage b’ibihugu byombi, haba mu bufatanye mu nzego zitandukanye zirimo ubwikorezi, (...)
0 | ... | 2350 | 2360 | 2370 | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | ... | 2470