Abakinnyi ba APR FC barimo MANZI Thierry na Manishimwe Djabel bahoze bakina muri Rayon Sports biyemeje guha agahimbazamusyi abakinnyi 12 baherutse gutandukana n’iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda kubera ko ngo batahawe agahimbazamusyi k’ibihumbi 500 FRW bemerewe kubera gutwara shampiyona.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Manzi Thierry na Djabel biyemeje kwishyura agahimbazamusyi abakinnyi 12 batandukanye na Rayon Sports
12 September 2019, by Dusingizimana Remy -
Pascal Nyamulinda wari umaze umwaka ayobora umugi wa Kigali yeguye
11 April 2018, by Nsanzimana ErnestNyamulinda Pascal wari umaze umwaka umwe n’ iminsi itageze ku kwezi ayobora umugi wa Kigali yanditse asaba kwegura kuri uyu mwanya w’ ubuyobozi ku mpamvu yavuze ko ari ize bwite.
-
Diane Rwigara na nyina batangiye kuburanishwa mu mizi
24 July 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa 24 Nyakanga, Urubanza rwa Diane Rwigara na Adeline Mukangemanyi rwatangiye kuburanishwa mu mizi nyuma y’uko urukiko rwemeje ko abantu 4 bakekwaho ubufatanyacyaha n’abaregwa nabo bashyirwa mu rubanza.
-
Rayon Sports yemeje ko Kayiranga Baptista ariwe uzatoza umukino wa Al Hilal [Yavuguruwe]
16 August 2019, by Dusingizimana RemyIkipe ya Rayon Sports yatangaje ko Kayiranga Baptiste yasinye amasezerano y’imyaka ibiri nk’umuyobozi wa Tekininike n’umutoza w’ikipe y’abatarengeje imyaka 15 n’iy’abatarengeje imyaka 17, aho azanatoza umukino wo kwishyura wa Al Hilal.
-
Amavubi yananiwe gukorera Tanzania ibyo yari amaze kumenyereza abafana
14 October 2019, by Dusingizimana RemyIkipe y’igihugu Amavubi yananiwe gukomeza kwandika amateka yo gutsinda imikino myinshi yikurikiranya kuko yahuye na Tanzania mu mukino wa gicuti rukabura gica.
-
Nzamwita yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA
12 July 2017Umuyobozi wa FERWAFA Nzamwita Vincent bakunze kwita De gaulle yiteguye kongera kwiyamamariza kuyobora FERWAFA indi manda aho biteganyijwe ko azashyikiriza akanama gashinzwe gutegura aya matora kuri uyu wa gatanu taliki ya 14 Nyakanga uyu mwaka.
Uyu mugabo we n’abajyanama be barahiriye kongera kwisubiza iyi ntebe nubwo banengwa cyane na benshi mu bakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru bitewe n’imyanzuro bafata rimwe na rimwe iteza umwuka mubi mu banyamuryango ba FERWAFA.
Mu kiganiro (...) -
Koreya ya Ruguru yagerageje igisasu gihambaye kurusha ibindi Amerika ishya ubwoba
6 July 2017, by Renzaho FerdinandKoreya ya Ruguru ku wa Kabiri tariki ya 04 Nyakanga cyagerageje igisasu gihambaye ibisasu byose ifite gitera ubwoba Amerika kuko ivuga ko itaragira ubushobozi bwo gusama igisasu nk’ icyo
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’ Amerika cyavuze ko igisasu Koreya ya Ruguru yagerageje kuri uyu wa 4 Nyakanga, Amerika itaragira ubushobozi bwo kugisama gusa ivuga ko ikomeje ubushakashatsi bwo gushaka uko yasama igisasu nk’ iki gifite ubushobozi bwo kwambukiranya imigabane.
Iki gisirikare cyatangaje ko (...) -
‘Imyanzuro 9 yafatiye m’ Umushyikirano w’ ubushize umwe wahuye n’ imbogamizi’
13 December 2018, by Nsanzimana ErnestMinisitiri w’ Intebe u Rwanda Dr Edouard Ngirente yagaragaje uko imyanzuro 9 yafatiwe mu nama ya 15 y’ umushyikirano yashyizwe mu bikorwa. Yabivuze kuri uyu wa 13 Ukuboza 2018 ubwo hatangizwaga umushyikirano wa 16.
0 | ... | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470