Rubingisa Pudence ni we watorewe kuba umuyobozi mushya w’Umujyi wa Kigali mu matora yabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 17Kanama 2019,nyuma yo gutorwa ku majwi 71, atsinze Rutera Rose bari bahanganye wagize amajwi 22.
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
Rubingisa Pudence niwe watorewe kuyobora umujyi wa Kigali
17 August 2019, by Dusingizimana Remy -
“Sobanukirwa uburyo wamanika ibibazo byawe ku ijambo ry’ Imana nkuko wiyambura imyenda yawe ukayimanika ahantu runaka”: Rev./Ev. Eustache Nibintije
17 June 2019, by UbwanditsiUmukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical Ministries” yigisha ijambo ry’Imana nkuko Imana yamuhaye uyu muhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro.
-
Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza
31 October 2017, by Nsanzimana ErnestAmakuru yemezwa n’ , Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa aravuga ko Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye mu Rwanda ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirenge mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba Akarere (...) -
Barafinda na Mpayimana baracyafite iminsi 14 yo gutanga ibyangombwa muri NEC
23 June 2017, by Nsanzimana ErnestKomisiyo y’ igihugu y’ amatora iravuga ko abatanze ibyagombwa bituzuye bafite iminsi 14 yo kubyuzuza.
Komisiyo y’ amatora itangaje ibi mu gihe ku ngengabihe y’ amatora y’ umukuru w’ igihugu ateganyijwe muri Kanama 2017 biteganyijwe ko none ku wa Gatanu 23 ari wo munsi wa nyuma wo kwakira kandidatire z’ abifuza kuziyamamariza kuyobora u Rwanda.
Uyu munsi ugeze hari abatanze ibyangombwa bisabwa uwifuza kwiyamamariza umwanya w’ umukuru w’ igihugu bituzuye. Abo ni Barafinda Ssekikubo Fred na (...) -
Imyanzuro y’Umwiherero wa 16 w’Abayobozi b’Inzego zitandukanye z’Igihugu wabaye taliki 9 kugeza 11 Werurwe 2019
12 March 2019, by UbwanditsiKuva ku itariki ya 9 kugeza ku ya 11 Werurwe 2019, mu Karere ka Gatsibo muri RDF Combat Training Center-Gabiro, hateraniye Umwiherero wa 16 w’Abayobozi wayobowe na Nyakubahwa Paul Kagame, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda.
-
Gen. Ibingira yasimbuwe ku buyobozi bw’ Inkeragutabara azisize ku murongo
20 November 2018, by Nsanzimana ErnestPerezida wa Republika akaba n’Umugaba w’Ingabo w’Ikirenga yagize Maj Gen Aloys Muganga umugaba w’agateganyo w’Inkeragutabara, Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda yabitangaje kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2018.
-
Akarere ka Nyaruguru kabaye aka mbere mu kwesa imihigo mu gihe Rusizi yabaye iya nyuma
30 October 2020, by Dusingizimana RemyKuri Uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukwakira 2020,Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye imihigo y’abayobozi b’Uturere ndetse hanatangazwa uko uturere twitwaye mu kwezi imihigo muri 2019-2020.
-
Inzu ya Rujugiro, UTC iratezwa cyamura uyu munsi
25 September 2017, by Nsanzimana ErnestKuri wa Mbere tariki 25 Nzeli 2017 saa munani nibwo hateganyijwe igikorwa cyo kugurisha mu cyamunara inzu ya Rujugiro Ayabatwa Tribert kubera imyenda y’ imisoro ba nyirayo babereyemo ikigo cy’ igihugu cy’ imisoro n’ amahoro (RRA).
Tariki 11 Nzeli uyu mwaka nibwo RRA yamanitse amatangazo avuga ko iyi nzu y’ ubucuruzi iherereye mu mugi wa Kigali hagati itezwa cyamura none.
Nyuma y’ umunsi RRA itangaje ibi, tariki 12 Nzeri, Rujugiro yatangarije ijwi ry’Amerika ko kugurisha inzu ye mu cyamunara ari (...) -
"Mu mezi atatu ari imbere hateganyije imvura iringaniye"Meteo Rwanda
7 September 2017, by Nsanzimana ErnestIkigo cy’ igihugu cy’ ubumenyi bw’ ikirere Meteo Rwanda cyatangaje ko mu mezi atatu ari imbere hateganyijwe imvura iringaniye, kivuga ko nta biza bikomoka ku mvura nyinshi bizabaho muri aya mezi atangirana na Nzeli kugeza Mu Ukuboza.
Ibi Meteo Rwanda yabitangaje kuri uyu wa Kane tariki 7 Nzeli 2017, mu kiganiro yagiranye n’ abanyamakuru.
Twahirwa Anthony ushinzwe iteganyagihe ry’ igihe kirekire n’ igihe kigufi muri Meteo Rwanda yavuze ko impamvu umuhindo y’ uyu mwaka uzagira imvura iringaniye (...) -
Imashini zo mu ruganda rwa Rwigara zatejwe cyamunara kuri miliyari 1 na miliyoni 700
18 June 2018, by Nsanzimana ErnestKuri uyu wa Mbere tariki 18 Kamena 2018, umuhesha w’ inkiko w’ umwuga yagurishije imashini zikora itabi zo mu ruganda Primier Tobacco Company Ltd rw’ umuryango wa Rwigara zigurwa n’ Ikigo cyitwa MM & RGD Company Ltd gihagarariwe na Olivier Udahemuka kuri miliyari imwe na miliyoni 797 Frw.
0 | ... | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470