Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi Ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro, Irere Claudette, yihanangirije abayobozi b’ibigo by’amashuri batangiye kwaka ababyeyi amafaranga bari basanzwe bishyura, bakababwira ko bagomba kuyishyura mu ntoki.
Ibi yabitangarije mu biganiro n’abayobozi b’Ibigo by’amashuri aho baganira ku miyoborere iboneye y’ibigo by’amashuri hacyemurwa ibibazo bibangamiye Umuryango Nyarwanda, yarimo we n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kugali Pudence Rubingisa, n’Umunyamabanga (...)
Home > Keywords > Umuryango_Keys > Umuryango_Highlights_In_Slide
Umuryango_Highlights_In_Slide
Articles
-
MINEDUC yihanangirije amashuri yatangiye kwishyuza amafaranga y’umurengera ababyeyi
18 September 2022, by Dusingizimana Remy -
Me Evode yagaragaje ko hari ba noteri bakora nk’ inyeshyamba
10 December 2018, by Nsanzimana ErnestUmunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’Ubutabera, ushinzwe Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Me Evode Uwizeyimana, yavuze ko kugeza uyu munsi hari ba noteri batagira aho bakorera avuga ko usanga bagikora bunyeshyamba.
-
Amafoto13 asekeje yashyizwe hanze mu bihe bitandukanye ya Barafinda
25 July 2017, by Martin MunezeroBarafinda Sekikubo Fred ni umugabo w’imyaka 47 wamenyekanye ubwo yajyanaga ibyangombwa bye muri Komisiyo y’amatora avuga ko ashaka kwiyamamariza kuba Perezida wa Repubulika y’u Rwanda mu matora azaba muri Kanama 2017.
Barafinda wemeza ko yigeze kugezwa mu bitaro by’abarwayi bo mu mutwe by’i Ndera akomeje kwamamara hirya no hino aho benshi usanga bamuhimbiye amagambo asekeje nkaya Joriji Baneti.
Ku mbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Whatsapp, Instagram usanga abantu iyo babonye akantu (...) -
IRAHIRA RYA PEREZIDA: Mu gihe runaka imwe mu mihanda ya Kigali yahariwe abanyacyubahiro bakomeye
17 August 2017, by Nsanzimana ErnestImyiteguro y’ irahira rya Perezida w’ u Rwanda uherutse gutorwa tariki 3 na 4 Kanama irarimbanyije. Polisi y’ u Rwanda ku ruhande rwayo irizeza umutekano Abanyarwanda n’ abanyamahanga bazitabira umuhango w’ irahira rya Perezida Kagame.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017, nibwo kuri sitade Amahoro I Remera hateganyijwe umuhango w’ irahira rya Perezida Paul Kagame.
Ni umuhango uteganywa n’ ingigo y’ 102 mu itegeko nshinga ry’ u Rwanda. Uyu muhango uba bitarenze iminsi 30 Perezida wa Repubulika (...) -
Minisiteri y’Uburezi yafunze burundu udushami 2 two muri kaminuza ya ISPG Gitwe
29 January 2019, by Martin MunezeroMinisiteri y’uburezi yanzuye guhagarika itangwa ry’ amasomo mu mashami y’ubuvuzi na Laboratwari muri Kaminuza ISPG ya Gitwe, nyuma gusanga ibyo bayisabye gukosora itarabikosoye.
-
Amb. Kanyamashuli Kabeya Janvier wari Umudepite yeguye
13 March 2019, by UbwanditsiNyuma y’amezi 6 atowe mu badepite bari kuri rutonde rw’abakandida b’ishyaka FPR Inkotanyi, Amb. Kanyamashuli Kabeya Janvier kuri uyu wa kabili taliki 12/3/2019 yeguye ku mwanya yari ariho nk’Umudepite ku mpamvu avuga ko ari ize bwite.
-
Reba LA LIGA kuri Startimes:FC Barcelona igiye guhura n’akazi gakomeye muri iki cyumweru
15 December 2020, by Dusingizimana RemyIkipe ya FC Barcelona ifite abakunzi benshi ariko ikaba itari kubakora ku mutima muri iyi minsi,ifite imikino 2 ikomeye irimo uw’ikirarane itakinnye kubera ko yatangiye LA LIGA ikererewe biturutse ku kiruhuko yahawe nyuma yo gusoza amarushanwa y’iburayi itinze.
-
Past. Mpyisi n’ Inzobere bavuze icyatumye gatanya zikuba inshuro 60 mu myaka 3 ishize
25 November 2018, by Nsanzimana ErnestU Rwanda ni igihugu kiri kwiyubaka byihuse mu mategeko no bukungu, gusa umuvuduko w’ iterambere urajyana n’ umuvuduko w’ ubwiyongere wa za gatanya mu miryango nyarwanda. Pasiteri Mpyisi asanga ari ikibazo gikomeye. Uwimana Jean Pierre uzobereye iby’ imibanire yagaragaje isano bifitanye , naho umuryango utari uwa Leta HI wagaragaje impamvu ikomeye itera gatanya mu Rwanda, Minisiteri y’ Uburinganire n’ iterambere ry’ umuryango iri gukora ubushakashatsi.
-
Huye: Gusana Umujyi, Itongo rya Gicanda, Ingoro ya Muvoma, Mukura, byinshi mu kiganiro na Meya (Video)
3 February 2019, by UbwanditsiHari hashize imyaka igera kuri ine ubuyobozi bw’Akarere bufashe icyemezo cyo gufunga zimwe mu nyubako z’ubucuruzi z’igice kitari gito cy’Umujyi ngo ba nyirayo bubake amazu agezweho. Gusa, benshi mu ba nyiri izi nyubako ntibasannye bituma igice kitari gito cy’Umujyi gisa n’igihundutse amatongo.
-
Dr Dusabe wari umuganga ukomeye muri Faisal yiciwe muri Afurika
9 January 2018, by Nsanzimana ErnestUmuganga w’umunyarwanda wavuraga kanseri zifata mu myanya ndagagitsina y’abagore (Gynecologic oncology) mu bitaro byitiriwe Umwami Faisal Dr Raymond Dusabe, yiciwe muri Afurika y’Epfo aho yari yaragiye mu kiruhuko.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega yemeje amakuru y’iyicwa rya Dr Raymond Dusabe avuga ko urupfu rwe rwamenyekanye mu gitondo cyo kuwa Mbere tariki 08 Mutarama 2018, ubwo basanze yariciwe mu nzu yabagamo mu mujyi wa Cape Town aho yari mu biruhuko.
Dr Raymond (...)
0 | ... | 2380 | 2390 | 2400 | 2410 | 2420 | 2430 | 2440 | 2450 | 2460 | 2470