skol
fortebet

AMAFOTO atandukanye yiriwe asetsa benshi kuri murandasi

author-image

Yanditswe na: Muhire Jason
Kuwa: Tuesday 27, Feb 2018

Sponsored Ad

skol

Nk’uko musanzwe mu bimenyereye tubagezaho amakuru atandukanye uyu niwo mwanya wanyu ngo tubereke amwe mu mafoto yiriwe asetsa abantu ku ku mbuga za internet zitandukanye zirimo facebook, instagram akanahererekanwa.
Uko iterambere rijyenda riza ni nako bimwe na bimwe bigenda bihinduka gusa burya hari nibyo abantu bakora bisekeje bigatuma benshi babita abanyarwenya cyangwa kwerekana udushya bitewe n’ igikorwa runaka bakoze ,tutibagiwe ko hari n’ abanengwa kubera ibikorwa bigayitse bakoze . (…)

Nk’uko musanzwe mu bimenyereye tubagezaho amakuru atandukanye uyu niwo mwanya wanyu ngo tubereke amwe mu mafoto yiriwe asetsa abantu ku ku mbuga za internet zitandukanye zirimo facebook, instagram akanahererekanwa.

Uko iterambere rijyenda riza ni nako bimwe na bimwe bigenda bihinduka gusa burya hari nibyo abantu bakora bisekeje bigatuma benshi babita abanyarwenya cyangwa kwerekana udushya bitewe n’ igikorwa runaka bakoze ,tutibagiwe ko hari n’ abanengwa kubera ibikorwa bigayitse bakoze .

Miss Akiwacu Colombe akiri Umunyeshuri

Aya mafoto agaragaza ibikorwa bitandukanye by’ ubuzima bwa buri munsi abantu birirwamo ndetse bakunda kubona .

Aya mafoto ntituraza kuyavugaho byinshi birenze kuko ubwayo arivugira gusa twagusaba kugirango ufate umwanya uyarebe ,niwumva uyikunze inkuru uyisangize n’ inshuti zawe.
REBA ANDI MAFOTO

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • Reka mbashire ibyo mudutegurira ariko kumaphoto
    Nkariya muvuze ngo arivugira
    Muge muyasobanura
    Byaba byiza cyane
    Murakoze.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa