skol

Humble Jizzo kuri ubu uri kubarizwa muri Amerika we n’umuryango we n’abo kwa Sebukwe bagaragaye bari mu bihe byiza ku mazi

Yanditswe: Wednesday 07, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Manzi James uzwi cyane nka Humble_Jizzo, ubarizwa mu itsinda rya Urban Boys, kuri ubu arabarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za America aho yagiye kubw’impamvu zinyuranye zirimo n’iz’ibiruhuko hamwe n’umuryango we ndetse n’uwo kwa Sebukwe.

Humble_Jizzo yavuze ko we n’umuryango we bari mu minsi ya nyuma y’ibiruhuko ndetse akaba yishimira cyane uko barimo kubisoza neza ariko barushaho kwegera umuryango bakagirana ibihe by’indashyikira

Humble_Jizzo kandi yemeza ko mu minsi micye we n’umugore we n’umwana wabo w’umukobwa basesekara i Kigali ndetse imishinga inyuranye ye n’iy’iyitsinda abarizwamo ikarushaho kugenda neza.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa