Uyu mukobwa avuga ko yitwa Fifi afite imyaka 21 y’ amavuko ngo buri mugabo wese ubonye inyuma he aramwifuza akanabimwereka gusa ngo ntazi impamvu ibi bimubaho? Ntazi n’ icyo yakora ngo areke kurarura abagabo bose bamubonye.
Fifi uvuga ko aba mu karere ka Huye mu mumagepfo y’ u Rwanda mu buhamya bwe yagize ati “Mpora nibaza iki kibazo ni iyihe mpamvu ituma iyo ngeze mu ishuri mwarimu n’ abanyeshuri bose barangarira amabuno yanjye. Abagabo bose twaryamanye bahora bambwira ko navukanye imimerere idasanzwe.
Mu cyumweru gishize umugabo yampaye ibihumbi 500 by’ amafaranga y’ u Rwanda kugira ngo turyamane ijoro rimwe. Narabyemeye kuko nari nkeneye amafaranga yo kwishyura icumbi n’ ibikoresho by’ ishuri. Kuva uwo munsi abagabo benshi baziranye n’ uwo wampaye miliyoni bahora banyinginga ngo ndyamane nabo nibura ijoro rimwe.
Kubaho muri ubu buzima bituma ntiga neza, kuko n’ iyo ngeze mu ishuri abahungu baba banshagaye bansaba numero ya telefone. Kuva iki gihembwe cyatangira mu kwezi gushize abagabo 1200 barimo n’ abanyeshuri n’ abarimu bamaze kuntereta.
Si uko ntishimiye ko abagabo bandangamira, ariko bimaze kundambira. Nkeneye inama yawe kugira menye uko nabaho muri ubu buzima.
Umukunzi wanjye, nkunda cyane yarantaye kubera ko buri uko ambonye abona hari abahungu n’ abagabo barimo kunyaka numero ya telefone. Ikibuno cyanjye cyaba gifite iki gituma abagabo batagikuraho amaso?.
Bigeze n’ aho umuyobozi w’ ishuri nigaho ambwira ko azanyirukana kubera kurangaza abanyeshuri n’ abarimu. Ntekereza ko kwiriye kwibagisha nkagabanya ingano y’ amabuno yanjye. Nkeneye igitekerezo cyawe ngo menye uko mbyifatamo.
Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.
Imbuga nkoranyambaga ze:
Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter
kombona kitangaje ahubwo ugomba kwambara imyenda minni kugirango kitagaragara
Wap gum uko uri kuk nimana yakuremy,gus heba uburaya(ubusambanyi)kuk ushobora kuhandurir irwara aikangiriz ubwiz warufise,hama hindur ukunt utambuka.
ese wowe uruma ikibazo ari amabuno?
Ndi Alfred Haringanji, Inama Nokugrira Nuko Wokwambara Jupe Ndende Gutyo Vyogufasha Ugaheza Amashure. Niwabikora Gutyo, Uzoza Umbwira. Number Yanje Ni61422693. Ok, Ibihe Vyiza
abarokore hari indirimbo byajyaga baririmba bati urondereza ubusa bukimara umubiri nubusa uzabora kudakorere uwiteka ukiriho nukwihemukira
Yebaba weeee!!!! wa mukobwa we urababaje cyane ubuse uribwirako urimwiza gusumba abandi? gabanya ubwibone kuko mu rwagasabo hari abakobwa benshi kdi beza cyane bagukubye inshuro amagana.kdi wibukeko nta kintu cyagaciro ugendana mw’icyo kibuno cyawe kitari umwanda. murakoze ndi Nshimiye i KAMPALA.
hhhh wajyirango
samazirantoki arunzemo!
Ikibazo si miterere yawe
va mu bwibone no gushakira isoko ibiri mu kibuno cyawe
ntunaruta n’abandi ahubwo ubarusha uburaya
cyangwa uhitemo kurata amabuno uzamenya icyo wari bukore utakigifite cyangwa nawe cyaguteye iseseme
Iyo wamenyeko uri mwiza ibikurikiraho byose ntibiguhira gabanya ubwibone
Ugomba kubanza gusobanukirwa ko kivamwo amabyi.
Harakandi kamaro kicyocyibuno atarukwituma?
Urakoze kugisha Inama, agapfundikiye gatera amatsiko, ambara wikwize wirinde imyenda igaragaza imiterere y’umubiri wawe. Ikindi reka ubusambanyi, uyu munsi ugezweho bose barakwifuza ariko igihe uzaba ushaje ntanumwe uzaguca iryera hazaba hagezweho abandi bateye neza kukurusha. Abo bose bagushagaye bakubonamo igikoresho cy’Imibonano mpuzabitsina ntibakubona nk’umuntu ukwiye icyubahiro nogukundwa, zibukira. Ikirenze ibyo akira Yesu nk’Umwami n’Umukiza w’ubuzima bwawe akubere umuyobozi azakurinda kubaho murubwo buzima budakwiriye, hindura inshuti ubana nazo, Bibiliya iravugango Inshutimbi zonona ingeso nziza 1 Corinthiens 15:33. Imana igufashe.
Abo bose bakuri inyuma barakubeshye numara kurwara ntanumwe uzagaruke inyuma yawe iheshe agaciro no"umunyarwandakazi abo ni abadayimoni egera abakozi b’Imana bagusengere ukizwe umaramaze kuko ibyiza biri imbere baravuga ngi amatwi arimo urupfu ntiyumva
Ikibazo si amabuno ni umutima.
Ikibazo si amabuno ni umutima.