skol
fortebet

HUYE:Reba ubuhamya bwa Fifi w’imyaka 21 ufite ikibuno buri mugabo wese abona akamwifuza

Yanditswe: Wednesday 18, Sep 2019

Sponsored Ad

skol

Uyu mukobwa avuga ko yitwa Fifi afite imyaka 21 y’ amavuko ngo buri mugabo wese ubonye inyuma he aramwifuza akanabimwereka gusa ngo ntazi impamvu ibi bimubaho? Ntazi n’ icyo yakora ngo areke kurarura abagabo bose bamubonye.

Sponsored Ad

Fifi uvuga ko aba mu karere ka Huye mu mumagepfo y’ u Rwanda mu buhamya bwe yagize ati “Mpora nibaza iki kibazo ni iyihe mpamvu ituma iyo ngeze mu ishuri mwarimu n’ abanyeshuri bose barangarira amabuno yanjye. Abagabo bose twaryamanye bahora bambwira ko navukanye imimerere idasanzwe.

Mu cyumweru gishize umugabo yampaye ibihumbi 500 by’ amafaranga y’ u Rwanda kugira ngo turyamane ijoro rimwe. Narabyemeye kuko nari nkeneye amafaranga yo kwishyura icumbi n’ ibikoresho by’ ishuri. Kuva uwo munsi abagabo benshi baziranye n’ uwo wampaye miliyoni bahora banyinginga ngo ndyamane nabo nibura ijoro rimwe.

Kubaho muri ubu buzima bituma ntiga neza, kuko n’ iyo ngeze mu ishuri abahungu baba banshagaye bansaba numero ya telefone. Kuva iki gihembwe cyatangira mu kwezi gushize abagabo 1200 barimo n’ abanyeshuri n’ abarimu bamaze kuntereta.

Si uko ntishimiye ko abagabo bandangamira, ariko bimaze kundambira. Nkeneye inama yawe kugira menye uko nabaho muri ubu buzima.

Umukunzi wanjye, nkunda cyane yarantaye kubera ko buri uko ambonye abona hari abahungu n’ abagabo barimo kunyaka numero ya telefone. Ikibuno cyanjye cyaba gifite iki gituma abagabo batagikuraho amaso?.

Bigeze n’ aho umuyobozi w’ ishuri nigaho ambwira ko azanyirukana kubera kurangaza abanyeshuri n’ abarimu. Ntekereza ko kwiriye kwibagisha nkagabanya ingano y’ amabuno yanjye. Nkeneye igitekerezo cyawe ngo menye uko mbyifatamo.

Ibitekerezo

  • "Ikizicisha ihene irakivukana" kandi Mutamu bayise nziza bwira idatoye akatsi" iyi miterere yawe ni witwara neza izagukiza niwitwara nabi izakwicisha. Icyo nzi cyo uko uri mwiza biragusaba kwicunga neza birenze urugero warangara ukibona ahandi kuko ubwiza ubushongore bw’’umukobwa ntibumubuza kuruha. jyaniraho niba Imana itaraguhayeubwiza bw’’ubukungu ni urupfu

    INAMA NAKUGIRA NUKO WAJYA WAMBARA AMAKANZU MANINI AKUREKUYE ATAGARAGAZA UKUTEYE,BYAKURINDA IBIBI BYOSE UHURA NABYO.UGAKOMEZA AMASOMO YAWE ,KANDI WIRINDE UBWO BUSAMBANYI BWAWE KUKO BWAZAKUBUZA AMASOMO YAWE.URAKOZE.

    ariko abakobwa ntimukabeshywe ngo namwe mwibeshye!! ubwo se wowe iyo wibonye ubona uri igitangaza?kuki se abo bagabo bagusaba ko musambana ntawuragusaba ko akurongora mugakora ubukwe!?nuko Bose bagufata nkigikoresho bishyura bikarangira,erega urukundi n’irari Ni ibintu bitandukanye cyane,ubuse iyo umugabo musambanye akakurangira abandi utekereza ko agukunda!!!!??!cg aba yagufashe nk’indaya??bakobwa ntimugashukwe mujye mumenya ubwenge,kuko sintekereza ko Ari wowe mukobwa wenyine ufite amabuno!!!

    si uko uri mwiza kurusha abandi cg uteye neza kurusha abandi ahubwo nawe ubwo uba wiziritse ngo ugaragaze ko udasanzwe satani akakwinjirira nabadateye nkawe iyo bigize agatebo bayora ivu. niba ushaka inama koko iga kwambara wikwije wige kwiha agaciro naho abagabo babapfu babaye benshi nabadateye nkawe bafite ibyo bibazo.

    Ahubwo niba aricyo mwahisemo cyo kwipuburisata bivuge nkukiri uvuge uti ndindaya Niko kazi kanjye tubimenye kuko umuntu ntu iyo agiye kuri radio gukora puburicite y,ibintu bye aba ashaka isoko nawe ushaka isoko kuki mwataye umuco amabuno?Avamo iki?Habateye neza kukurusha baceceste di

    Ibyo uyu mukobwa avuga ni UKURI.Hari umugore twakoranaga ufite "amabuno manini",ariko abagabo benshi baramwifuzaga,byatumye akora Divorce.Abagabo turi "weak" ku mabuno no mu maso cyangwa "size" nziza y’abakobwa.This is natural.Dore inama nkugira mukobwa we.Usambana n’abagabo kubera ko "ubishyira" nta kindi.Ndakwinginze,shaka umuhamya wa Yehova mwigane bible iguhindure.Ujye mu materaniro ya gikristu.Numara kumenya neza bible,uzakora Umurimo Yesu yasabye abakristu nyakuri bose wo kumwigana natwe tukajya mu nzira tukabwiriza ijambo ry’Imana nkuko yadusabye muli Yohana 14:12.Nguwo UMUTI mwiza wagukiza abagabo bakwifuza.
    Nibakubona ubwiriza mu nzira,bakabona warabaye umukristu nyakuri,nta numwe uzongera kugutereta.
    Ikirenze ibyo,menya ko abanyabyaha bose banga kwihana bazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.
    Wibuke ko ejo nusaza,nta mugabo uzongera kukureba.Muli Paradizo,nta muntu uzongera gusaza.

    Senga kuko uwo ni umwuka mubi wa Satani. Nanjye niko byari bimeze, nanjye nari narabyishyizemo ko mfite igikundiro. Ariko nyuma naje gusenga mbona ko yari imyuka mibi satani ateza abantu, kuko abagabo bose banteretaga cg abasore bashakaga ko dusambana ariko nta numwe wazanaga igitekerezo cyo kujya mu rugo. Nyuma yo gusenga Nyagasani yagiye ankura muri ubwo bwibone impa nu umugabo wanjye, tubanye neza. Nawe senga cyane

    ESE wamwali we abafite amabuno Bose siko baba abasambanyi,ndetse hariho beshi bayakurusha batuje,va mumyenda iguhambiriye,ntuzabura imyiza ikureye,abo bagabo bagucuruza se uri Inyanya zitanditse?gana urusengero ukizwe .ubuzima ntibukinishwa

    Ikibazo si amabuno ni umutima.

    Ikibazo si amabuno ni umutima.

    Abo bose bakuri inyuma barakubeshye numara kurwara ntanumwe uzagaruke inyuma yawe iheshe agaciro no"umunyarwandakazi abo ni abadayimoni egera abakozi b’Imana bagusengere ukizwe umaramaze kuko ibyiza biri imbere baravuga ngi amatwi arimo urupfu ntiyumva

    Urakoze kugisha Inama, agapfundikiye gatera amatsiko, ambara wikwize wirinde imyenda igaragaza imiterere y’umubiri wawe. Ikindi reka ubusambanyi, uyu munsi ugezweho bose barakwifuza ariko igihe uzaba ushaje ntanumwe uzaguca iryera hazaba hagezweho abandi bateye neza kukurusha. Abo bose bagushagaye bakubonamo igikoresho cy’Imibonano mpuzabitsina ntibakubona nk’umuntu ukwiye icyubahiro nogukundwa, zibukira. Ikirenze ibyo akira Yesu nk’Umwami n’Umukiza w’ubuzima bwawe akubere umuyobozi azakurinda kubaho murubwo buzima budakwiriye, hindura inshuti ubana nazo, Bibiliya iravugango Inshutimbi zonona ingeso nziza 1 Corinthiens 15:33. Imana igufashe.

    Harakandi kamaro kicyocyibuno atarukwituma?

    Ugomba kubanza gusobanukirwa ko kivamwo amabyi.

    Iyo wamenyeko uri mwiza ibikurikiraho byose ntibiguhira gabanya ubwibone

    Ikibazo si miterere yawe
    va mu bwibone no gushakira isoko ibiri mu kibuno cyawe
    ntunaruta n’abandi ahubwo ubarusha uburaya

    cyangwa uhitemo kurata amabuno uzamenya icyo wari bukore utakigifite cyangwa nawe cyaguteye iseseme

    hhhh wajyirango
    samazirantoki arunzemo!

    Yebaba weeee!!!! wa mukobwa we urababaje cyane ubuse uribwirako urimwiza gusumba abandi? gabanya ubwibone kuko mu rwagasabo hari abakobwa benshi kdi beza cyane bagukubye inshuro amagana.kdi wibukeko nta kintu cyagaciro ugendana mw’icyo kibuno cyawe kitari umwanda. murakoze ndi Nshimiye i KAMPALA.

    abarokore hari indirimbo byajyaga baririmba bati urondereza ubusa bukimara umubiri nubusa uzabora kudakorere uwiteka ukiriho nukwihemukira

    Ndi Alfred Haringanji, Inama Nokugrira Nuko Wokwambara Jupe Ndende Gutyo Vyogufasha Ugaheza Amashure. Niwabikora Gutyo, Uzoza Umbwira. Number Yanje Ni61422693. Ok, Ibihe Vyiza

    ese wowe uruma ikibazo ari amabuno?

    Wap gum uko uri kuk nimana yakuremy,gus heba uburaya(ubusambanyi)kuk ushobora kuhandurir irwara aikangiriz ubwiz warufise,hama hindur ukunt utambuka.

    kombona kitangaje ahubwo ugomba kwambara imyenda minni kugirango kitagaragara

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa