skol
fortebet

HUYE:Reba ubuhamya bwa Fifi w’imyaka 21 ufite ikibuno buri mugabo wese abona akamwifuza

author-image

Yanditswe na: Martin Munezero
Kuwa: Wednesday 18, Sep 2019

Sponsored Ad

skol

Uyu mukobwa avuga ko yitwa Fifi afite imyaka 21 y’ amavuko ngo buri mugabo wese ubonye inyuma he aramwifuza akanabimwereka gusa ngo ntazi impamvu ibi bimubaho? Ntazi n’ icyo yakora ngo areke kurarura abagabo bose bamubonye.

Fifi uvuga ko aba mu karere ka Huye mu mumagepfo y’ u Rwanda mu buhamya bwe yagize ati “Mpora nibaza iki kibazo ni iyihe mpamvu ituma iyo ngeze mu ishuri mwarimu n’ abanyeshuri bose barangarira amabuno yanjye. Abagabo bose twaryamanye bahora bambwira ko navukanye imimerere idasanzwe.

Mu cyumweru gishize umugabo yampaye ibihumbi 500 by’ amafaranga y’ u Rwanda kugira ngo turyamane ijoro rimwe. Narabyemeye kuko nari nkeneye amafaranga yo kwishyura icumbi n’ ibikoresho by’ ishuri. Kuva uwo munsi abagabo benshi baziranye n’ uwo wampaye miliyoni bahora banyinginga ngo ndyamane nabo nibura ijoro rimwe.

Kubaho muri ubu buzima bituma ntiga neza, kuko n’ iyo ngeze mu ishuri abahungu baba banshagaye bansaba numero ya telefone. Kuva iki gihembwe cyatangira mu kwezi gushize abagabo 1200 barimo n’ abanyeshuri n’ abarimu bamaze kuntereta.

Si uko ntishimiye ko abagabo bandangamira, ariko bimaze kundambira. Nkeneye inama yawe kugira menye uko nabaho muri ubu buzima.

Umukunzi wanjye, nkunda cyane yarantaye kubera ko buri uko ambonye abona hari abahungu n’ abagabo barimo kunyaka numero ya telefone. Ikibuno cyanjye cyaba gifite iki gituma abagabo batagikuraho amaso?.

Bigeze n’ aho umuyobozi w’ ishuri nigaho ambwira ko azanyirukana kubera kurangaza abanyeshuri n’ abarimu. Ntekereza ko kwiriye kwibagisha nkagabanya ingano y’ amabuno yanjye. Nkeneye igitekerezo cyawe ngo menye uko mbyifatamo.

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • ariko abakobwa ntimukabeshywe ngo namwe mwibeshye!! ubwo se wowe iyo wibonye ubona uri igitangaza?kuki se abo bagabo bagusaba ko musambana ntawuragusaba ko akurongora mugakora ubukwe!?nuko Bose bagufata nkigikoresho bishyura bikarangira,erega urukundi n’irari Ni ibintu bitandukanye cyane,ubuse iyo umugabo musambanye akakurangira abandi utekereza ko agukunda!!!!??!cg aba yagufashe nk’indaya??bakobwa ntimugashukwe mujye mumenya ubwenge,kuko sintekereza ko Ari wowe mukobwa wenyine ufite amabuno!!!

    INAMA NAKUGIRA NUKO WAJYA WAMBARA AMAKANZU MANINI AKUREKUYE ATAGARAGAZA UKUTEYE,BYAKURINDA IBIBI BYOSE UHURA NABYO.UGAKOMEZA AMASOMO YAWE ,KANDI WIRINDE UBWO BUSAMBANYI BWAWE KUKO BWAZAKUBUZA AMASOMO YAWE.URAKOZE.

    "Ikizicisha ihene irakivukana" kandi Mutamu bayise nziza bwira idatoye akatsi" iyi miterere yawe ni witwara neza izagukiza niwitwara nabi izakwicisha. Icyo nzi cyo uko uri mwiza biragusaba kwicunga neza birenze urugero warangara ukibona ahandi kuko ubwiza ubushongore bw’’umukobwa ntibumubuza kuruha. jyaniraho niba Imana itaraguhayeubwiza bw’’ubukungu ni urupfu

  • 1
  • 2

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa