IGICE CYA III:Vestine yahishuriye abagore amabanga yabafasha mu gushimisha no gufata neza abagabo mu gihe bari gutera akabariro-MWUMVE HANO
Yanditswe: Thursday 21, Feb 2019
Vestine umugore umaze kubaka izina mu Rwanda ku bijyanye n’inyigisho zerekeranye n’imyororokere,akaba afite n’ivuriro aho avura abantu bamwe na bamwe bafite ibibazo mu kubaka urugo cyangwa se kubaka umuryango.
Vestine ufite ikiganiro kuri Radio imwe hano mu Rwanda kiba mu masaha y’ijoro agiye kuzajya akorana n’ikinyamakuru UMURYANGO biciye kuri Channel yacu ya Youtube ’UMURYANGO TV’ aho tuzajya tubatambukirizaho inyigisho ze zifasha abashakanye mu kubaka umuryango nyarwanda ku bijyanye n’imyororokere,kuri iyi nshuro yavuye imuzi amabanga y’umugore agomba gukoresha mu gushimisha no gufata neza umugabo mu gihe cyo gute akabariro.
Muri iki kiganiro yavuze ko amwe mu mabanga indaya arizo zikunze kuyakoresha ari nayo mpamvu abagabo bamwe na bamwe bazikunda kurusha abagore babo bitewe n’ibyo zigenda zibakorera.
KURIKIRANA IKIGANIRO CYA VESTINE MU BURYO BURAMBUYE MURI VIDEWO IRI HASI UMENYE AMABANGA YOSE UMUGORE AGOMBA GUKORESHA:
Ibitekerezo
ndashaka numero telephone ya Vestine