skol
fortebet

Kigali :Umubyinnyi wa Cindy yagaragaye yambaye ikariso gusa kurubyiniro –AMAFOTO

author-image

Yanditswe na: Muhire Jason
Kuwa: Sunday 18, Mar 2018

Sponsored Ad

skol

Umubyinnyi wa Cindy yaraye abyinnye muri K Ckub yambaye ikariso ndetse ndetse n’ ishati ifunguye ibipesu.
Umuririmbyi Cinderela Sanyu ukomoka muri Uganda yageze i Kigali ku gicamunsi cyejo ubwo yaraje mu gitaramo yari gukorera muri K Club i Nyarutarama , igitaramo cyaje kugaragaramo umuhanzi nyarwanda Kid Gaju bakoranye indirimbo bise “Gahunda “.
Igitaramo cyatangiye mu masaha akuze y’ ijoro ndetse kikaza kugaragaramo abasitari nyarwanda ,ndetse n’ imbyino zidasanzwe ndetse n’ (…)

Umubyinnyi wa Cindy yaraye abyinnye muri K Ckub yambaye ikariso ndetse ndetse n’ ishati ifunguye ibipesu.

Umuririmbyi Cinderela Sanyu ukomoka muri Uganda yageze i Kigali ku gicamunsi cyejo ubwo yaraje mu gitaramo yari gukorera muri K Club i Nyarutarama , igitaramo cyaje kugaragaramo umuhanzi nyarwanda Kid Gaju bakoranye indirimbo bise “Gahunda “.

Igitaramo cyatangiye mu masaha akuze y’ ijoro ndetse kikaza kugaragaramo abasitari nyarwanda ,ndetse n’ imbyino zidasanzwe ndetse n’ imyambarire idakunze kugaragara mu Rwanda , bamwe mu basohocyeye muri kano kabyiniro baje gutungurwa n’ imyambarire y’ umubyinni wa Cindy bari bazanye kuva i Kampala.

Twakwibutsa ko Atari ubwambere uyu muhanzikazi avuzweho kwambara ubusa hamwe n’ abakobwa bamubyinira kubera kwambara imyenda benshi bita ko iteye isoni , nubwo ku giti cya Cindy ntakintu ajya akunda kubivugaho.

Sponsored Ad

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa