skol
fortebet

Perezida wa Cameroon yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 88 mu birori bidasanzwe byabereye iwe[AMAFOTO]

author-image

Yanditswe na: Martin Munezero
Kuwa: Tuesday 16, Feb 2021

Sponsored Ad

skol

Perezida w’igihugu cya Cameroon, Paul Biya yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 88.Ni mu birori bidasanzwe byabaye ku wa Gatandatu taliki ya 13 Gashyantare 2021.

Ibi birori byabereye murugo rw’uyu munyacyubahiro, byari byatumiwemo abantu bahafi ye, barimo abagize umuryango we n’abantu b’inshuti ze magara.

Abitabiriye ibi birori bafatanyije na Perezida gukata umunsi w’ibyishimo bamwifuriza gukomeza kuramba agakomeza akayobora igihugu cya Cameroon.

Paul Biya yavutse taliki ya 13 Gashyantare 1933 ni umunyapolitiki wamamaye cyane muri Kameruni yabaye perezida wa Kameruni kuva ku ya 6 Ugushyingo 1982 kugeza uyu munsi aracyayoboye.

Sponsored Ad

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa