skol
fortebet

Sacha Kate wakundanyeho na Nizzo yavuze uburyo atakundana n’umusore ngo nuko ari mwiza mugihe nta mafaranga afite

Yanditswe: Monday 14, Sep 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Sacha Kate wabaye umuhanzikazi ndetse wanakundanye na Nizzo Kaboss wo muri Urban Boyz wanabyaranye na Dj Toyxxk,yemeza ko atakunda umusore ngo ni uko ari mwiza mu gihe adafite amafaranga.

Sponsored Ad

Sacha Kate ibi yabitangaje mu kiganiro The Mix cyo kuri Flash TV.Yahakanye ko nta mukunzi afite ariko ko uzamubera umugabo agomba kuba ari umuntu ukunda gusenga.Yongeraho ati”sinakunda umusore ngo ni uko ari mwiza adafite amafaranga.

Sandrine Agasaro wamenyekanye cyane ku mazina ya Sacha Kate ni umwe mu banyarwandakazi bakunzwe ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rubuga rwa instagram.

Sacha yamamaye cyane ubwo yari mu rukundo numwe mu basore bagize itsinda Urban boys ariwe Nizzo aha hari mu mwaka wa 2009. Kuri uyu munsi, Sacha yongeye kuzamura imbamutima z’abagabo n’abasore ashyira hanze amafoto agaragaza amabere ye.

Ati”Nizo ntabwo yanciye imbaraga zo guhagarika kuririmba ahubwo ni we wanteraga imbaraga yanjyanaga muri studio ntacyo atakoze ambuza gucika intege.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa