skol
fortebet

Umujinya w’umurandura nzuzi watumye Eddy Kenzo atuka umugore wamwibasiye ku mbuga nkoranyambaga

author-image

Yanditswe na: Muhire Jason
Kuwa: Thursday 11, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko azatemagura iminwa y’umugore uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga, Ritah Kaggwa amuryoza ko yamunenze ku mbuga nkoranyambaga.

Ritah Kaggwa yavugaga ko Eddy Kenzo ari uwo kunengwa kubera uburyo yatandukanye n’umugore we, Remah Namakula.

Eddy Kenzo abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook yavuze ko Kaggwa natarekeraho gukomeza kumuvugaho azamutemagura iminwa n’ubwo atazi neza iby’uyu mugore uhora amusebya.

Yagize ati” Ninde uzi iki kigore ngo sinzi ngo Ritah Kaggwa, nzakivanaho biriya binwa binini”

Kuri Eddy Kenzo yavugaga ko yataye umugore babyaranye akajya kubana n’ihabara ryitwa Salma akarituza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Boston.

Sponsored Ad

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa