skol
fortebet

Umunyarwenya Gasumuni yasubije ikibazo cy’abibaza igihe azarongorera

author-image

Yanditswe na: Muhire Jason
Kuwa: Tuesday 24, Apr 2018

Sponsored Ad

skol

Umunyarwenya Gasumuni cyangwa Atome yasubije abantu bose bamubaza igihe azashakira umugore abasubiza ko uyu mwaka agomba kurongora.

Ntarindwa Diogene uzwi nka Gasumuni cyangwa Atome ubusanzwe uzwi mu mikino yo gusetsa abantu binyuze mu biganiro akora yatangarije Radio Rwanda ko mu bibazo akunze ku bazwa n’Itangazamakuru akenshi bakomoza ku gihe gisigaye ngo ashake umugore , yasubije ko uyu mwaka agomba gukora ubukwe.

Yagize ati “Abantu bakunda kumbaza igihe nzashakira umugore , reka mbabwire ko uyu mwaka nzabona agacu “azarongora “

Twakwibutsa ko Ntarindwa Diogene kuri ubu afite imyaka 41 y’amavuko amaze iminsi agarutse mu Rwanda dore ko akubutse hanze y’igihugu aho aje mu bikorwa bitandukanye birimo gusetsa abantu abinyujije mu magambo.

Sponsored Ad

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa