skol
fortebet

Young Grace yatunguranye ashyira hanze amafoto yambaye akenda kagaragaza inda ye y’imvutsi[AMAFOTO]

author-image

Yanditswe na: Martin Munezero
Kuwa: Tuesday 06, Aug 2019

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Abayizera Marie Grace uzwi nka Young Grace, yashyize hanze amafoto yishimisha, ari mu bwato ndetse no mu nkengero z’ikiyaga cya Kivu yambaye utwenda tugaragaza inda ye y’imvutsi.

Mu kwezi kwa gatatu k’uyu mwaka, ni bwo amakuru y’itwita rya Young Grace yageze ahagaragara, uyu muhanzi nawe ntiyabikahaka, ahubwo avuga ko Imana yahisemo kumuha umugisha w’umwana mbere yo kumuha umugisha w’urugo.

Uyu muhanzi yatangaje ko umwana atwite yitwa Diamante, ndetse ko se w’uyu mwana yitwa Rwabuhihi Hubert [Piqué], akaba ari umusore bamaze igihe bakundana.

Muri nzeri 2018, nibwo uyu mukunzi wa Young Grace ukina ruhago mu kiciro cya kabiri mu Rwanda, yambitse umukunzi we impeta y’urukundo amusaba ko yazamubera umugore.

Sponsored Ad

Ibitekerezo

  • ariko njye ndabona uyu mugore arwaye mumutwe kbsa ibi arikubyerekande?
    icyo nakubwira nikimwe iyubahe,kugirango uzabashe kurera uwo mwana,
    ubwose uzamutoza uwuhe muco?

    Anataka sifa

    Ariko c nubusirimu bwinshiii cg harimo nokutagira umuco

    ababyeyi baragwira

    mwagiye mwiha agaciro koko imintsi mike uraba wabaye umubyeyi mwiyubahe nukuri

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Muri bande?



Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa