skol
fortebet

Amakuru

Perezida wa IBUKA France yavuze ko abaregwa Jenoside binangiye nta mbabazi bakwiye guhabwa

Perezida wa Ibuka France, Marcel Kabanda, yagaragaje ko abakurikiranyweho ibyaha bya Jenoside (…)

Mu 2025 abanyamakuru 129 ku Isi biciwe mu ntambara

Raporo y’Umuryango Mpuzamahanga uharanira uburenganzira bw’Abanyamakuru, (Committee to Protect (…)

Uganda: Ibura ry’udukingrizo ryateje ubwiyongere bw’abandura SIDA

Inzego z’ubuzima mu Karere ka Kabale muri Uganda, zatangaje ko ubwandu bushya bw’agakoko gatera (…)

Hakenewe Miliyari 8.2 Frw yo gusana ubwato Perezida Kagame yemereye abatuye ku Nkombo

Abadepite bagaragaje impungenge ku idindira ry’umushinga w’ubwato bwa Nkombo (Nkombo Boat II), (…)

Ubutumwa bw’undi muyobozi wo hejuru muri AFC/M23 bw’agahinda k’urupfu rwa Willy Ngoma

Benjamin Mbonimpa, Umunyamabanga Uhoraho w’Ihuriro AFC/M23, yatangaje ko intwari zidapfa, ahubwo (…)

AFC/M23 yariye karungu, yisubije ibice by’ingenzi hafi ya Rubaya

Ihuriro ry’abarwanyi ba AFC/M23 bisubije ibice bitandukanye byo muri Teritwari ya Masisi, nyuma (…)

Abanyarwanda baba mu mahanga basabwe gufasha abana babo kumenya Ikinyarwanda

Abanyarwanda baba mu mahanga basabwe guha abana babo amahirwe yo kumenya Ikinyarwanda, mu rwego (…)

Paris: Muhayimana ushinjwa uruhare muri Jenoside yagaragajwe nk’umubeshyi

Umunyarwanda Muhayimana Claude ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, (…)

Zimbabwe yanze inkunga ya Amerika

Amasezerano y’inkunga mu by’ubuzima angana na $ miliyoni 367 (Frw miliyari 477,1) yagombaga (…)

Ukraine yahishuye ko Abanyafurika barenga 1700 bari ku rugamba ku ruhande rw’u Burusiya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ukraine, Andrii Sybiha, yatangaje ko hari Abanyafurika 1700 (…)

Zimbabwe yahagaritse kohereza mu mahanga amabuye adatunganyije

Minisiteri ishinzwe ibijyanye n’amabuye y’agaciro muri Zimbabwe yahagaritse iyoherezwa mu (…)

Papa Léon XIV agiye kumara iminsi 10 muri Afurika

Papa Léon XIV agiye gusura ibihugu bya Afurika, ibizaba ari urugendo rwa mbere akoreye ku kindi (…)

Abanyamategeko ba Nshimiye ukekwaho uruhare muri Jenoside babeshye ko bafungiwe mu Rwanda

Abanyamategeko ba Eric Nshimiye ukekwaho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi wagombaga (…)

Trump yasabye Netflix kwirukana umwe mu bayobozi bayo, imutera utwatsi

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ubuyobozi bwa Netflix imaze kubaka izina mu (…)

U Rwanda na Singapore bigiye kwagura imikoranire mu nzego zirimo imari

Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore, Innocent B. Muhizi, yagiranye ibiganiro n’abahagarariye (…)