skol
fortebet

Amakuru

Mushiki wa Kim Jong Un yazamuwe mu ntera

Inteko Rusange y’Ishyaka ry’Abakozi muri Koreya ya Ruguru yagize mushiki wa Perezida Kim Jong Un (…)

Leta ya RDC iri kugerageza kwisubiza Rubaya ku ngufu

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero muri santere ya (…)

FDLR Yahinduye ukwemera n’iyobokamana intwaro y’iterabwoba

Iyobokamana ryabaye imwe mu nkingi z’ingenzi umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukoresha mu kuyobya no (…)

Abagororwa bitegura gusoza ibihano basabwe kubana neza n’abo basanze

Abagororwa bitegura gusoza ibihano by’ibyaha bahamijwe ku ruhare bagize muri Jenoside yakorewe (…)

Amakuru agezweho nyuma y’imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na Wazalendo

Nyuma y’iminsi ibiri y’imirwano ikomeye hagati y’abarwanyi ba AFC/M23 n’aba Wazalendo bafatanya (…)

Pasiteri yateye utwatsi ibyo kuba Muhayimana atari ku Kibuye mu gihe cy’ibitero byagabwe ku Batutsi

Pasiteri mu Itorero ry’Abadivantisiti b’Umunsi wa Karindwi yateye utwatsi inyandiko igaragaza ko (…)

Nduhungirehe yagaragaje ko imvugo z’urwango zitazacika mu karere mu gihe FDLR ikiriho

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko (…)

Ibihe IShowSpeed atazibagirwa mu Rwanda

IShowSpeed, umwe mu bantu bakurikirwa cyane ku mbuga nkoranyambaga yibukije abamukurikira (…)

Amerika: Urubura rukabije rwabujije abatuye i New kuva mu ngo

Meya w’Umujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Zohran Mamdani yategetse abatuye (…)

Umushyitsi wa Museveni yakuruye umwuka mubi hagati ya Uganda na Sudani

Sudani yatangaje ko kuba Uganda iherutse kwakira Mohamed Hamdan Dagalo, Umuyobozi w’Umutwe wa (…)

Perezida Macron yasabye Trump gukuraho ibihano yafatiye abayobozi b’i Burayi

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yasabye mugenzi uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Ni amaco y’inda? Ibyihishe inyuma y’umugambi wa Bad Rama wo guharabika ubuyobozi bw’u Rwanda

Mupende Ramadhan wamamaye nka Bad Rama mu bijyanye n’imyidagaduro akomeje kugarukwaho na benshi, (…)

Nyamasheke : Babiri bafatanywe udupfunyika 122 tw’urumogi

Mu Mudugudu wa Nyenyeri, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo, Akarere ka Nyamasheke (…)

U Burundi bwavuye ku izima, bufungura umupaka wabwo na RDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gashyantare 2026, Leta y’u Burundi yafunguye umupaka wa Gatumba (…)

Kim Jong Un yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi muri Koreya ya Ruguru

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yongeye gutorerwa kuba Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka (…)