skol
fortebet

Amakuru

Gatsibo: Umugore yasanganye umugabo we n’umukobwa ku munsi w’Abakundana, ahita yiyahura

Umugore w’imyaka 24, witwa Uwase yiyayuhuye nyuma y’uko asanze umugabo bigeze kubana nk’umugore (…)

Rusizi: Icyumba araramo cyahiriyemo ibirimo amafaranga 200.000

Inzu ya Habiyaremye Eliel w’imyaka 32, umugore we n’abana 6 barimo impanga z’amezi 7 yahiriyemo (…)

Perezida Obama yemera ko ‘Aliens’ zibaho

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ko yemera ko ibivejuru (…)

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe

Abatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida (…)

Umuhanda Muhanga-Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’uko mu (…)

Perezidansi ya Afurika y’Epfo yibeshye ku izina rya Tshisekedi

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Afurika y’Epfo byibeshye ku mazina ya Perezida wa Repubulika (…)

Nigeria: 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka

Abantu 21 biciwe mu bitero byagabwe n’umutwe wa Boko Haram, abarenga 50 barakomereka nk’uko (…)

Perezida Ramaphosa yasabye umuryango wa Afurika yunze ubumwe gufatanya mu kugarura amahoro mu karere

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yavuze ko Afurika ikomeje guhura n’ibibazo bikomeye (…)

Mottley wongeye gutorerwa kuyobora Barbados yijeje ubufatanye n’u Rwanda

Mia Amor Mottley wongeye gutorerwa kuba Minisitiri w’Intebe wa Barbados ku nshuro ya gatatu, (…)

Abanyamakuru batatu ba Reuters bahagaritswe gukorera muri Ethiopie

Urwego rugenzura itangazamakuru muri Ethiopie (EMA) rwahagaritse ibyangombwa by’abanyamakuru (…)

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Umuryango w’Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi (…)

Nkunda u Rwanda n’Abanyarwanda- Gen Muhoozi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yongeye gushimangira ko mu minsi (…)

U Bushinwa bugiye gukuraho imisoro bwishyuzaga ku bicuruzwa biva mu bihugu 53 bya Afurika

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko guhera tariki ya 1 Gicurasi 2026, ibicuruzwa byinjira i (…)

U Rwanda rwasabye ko ibihugu byijanditse mu ntambara yo muri RDC bitagira uruhare mu buhuza

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye ko ibihugu byijanditse mu (…)

Nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye abagore bagipfa babyara – Dr Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva, yagaragaje ko nta gihugu cyakwemeza ko (…)