skol
fortebet

Amakuru

Abaturage 15.000 b’i Gatsibo bagiye kwegerezwa amazi meza

Ambasade y’u Buyapani mu Rwanda yatanze inkunga ya 138.706 Frw (asaga miliyoni 202.962 Frw) yo (…)

U Rwanda na Ethiopia baganiriye ku gusigasira imikoranire mu iterambere

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Amb. Olivier Jean Patrick (…)

Kenya: Mackenzie washukishije abantu kwiyicisha inzara ngo bajye mu ijuru, akurikiranyweho urupfu rw’abandi 52

Umuvugabutumwa Paul Mackenzie wafunzwe mu 2023 akurikiranyweho gushuka abayoboke b’idini ye ngo (…)

Kuri iyi Si nta bihano byatubuza kurinda imipaka yacu- Minisitiri Nduhungirehe

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko (…)

WASAC Group yashyikirijwe imashini zipima ubuziranenge bwa Mubazi

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amazi, isuku n’isukura (WASAC Group), cyashyikirijwe imashini 10 (…)

Nyuma y’umwaka urenga, indege igiye kugwa ku kibuga cy’indege cya Goma

Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Goma cyari kimaze igihe kirenga umwaka kidakoreshwa, kigiye (…)

RDC yareze MTN iyishinja gukorera i Goma na Rutshuru nta ruhushya

Ikigo gishinzwe kugenzura itumanaho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ARPTC) (…)

Min. Dr. Usta Kayitesi yakiriye abahagarariye Ibihugu bigize Umuryango wa EU mu Rwanda

Ku wa 11 Gashyantare 2026, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga (…)

Ikiraro gihuza Muhanga na Ruhango cyangiritse cyahagaritse ubuhahirane

Ikiraro gihuzaAkarere ka Muhanga n´Akarere ka Ruhango kimaze imyaka ikabakaba itandatu (…)

Kayonza : Imirimo yo kubaka uruganda rwa Azote igiye gutangira

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza, butangaza ko bugiye gutangira kubaka uruganda rutunganya (…)

Ramaphosa yafunguye Ishuri ryitiriwe Nelson Mandela ryo guteza imbere iyubahirizwa ry’uburenganzira bw’imfungwa

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yatangije ku mugaragaro Ishuri ryitiriwe Nelson (…)

Michelle Yeoh uherutse i Kigali, agiye guhabwa inyenyeri y’icyubahiro muri ‘Hollywood Walk of Fame’

Michelle Yeoh uherutse gutumirwa mu Rwanda mu gikorwa cyo ‘Kwita Izina’ mu 2025, ku wa 18 (…)

Nduhungirehe ashidikanya ku bushake bwa Congo bwo kubahiriza agahenge gashya kasabwe na Angola

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko (…)

Polisi y’u Rwanda yegukanye umudali mu mikino yo guhashya iterabwoba ibera i Dubai

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda, RNP SWAT Team I, yegukanye umudali w’Umuringa ku munsi wa nyuma (…)

Imbere y’abadepite ba Amerika, Byamungu yagaragaje ko RDC idakwiye kwegeka ibibazo byayo ku Rwanda

Umushakashatsi w’Umunye-Congo Christian-Géraud Neema Byamungu yagaragarije abadepite bo muri (…)