skol
fortebet

Amakuru

Somalia yavuze ku kibazo cya ba Ambasaderi bayo bashyamiranye

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Somalia yatangaje ko ibibazo by’ubushyamirane byabaye hagati (…)

Nyaruguru: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwiba asaga miliyoni 6 Frw

Polisi ikorera mu Karere ka Nyaruguru yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho kwiba umuturage (…)

U Rwanda rwajyanye u Bwongereza mu rukiko kubera guhagarika amasezerano y’abimukira

Leta y’u Rwanda ihagarariwe n’Intumwa Nkuru yayo, Minisitiri Dr. Emmanuel Ugirashebuja, yajyanye (…)

Dj Toxxyk yajuririye ibyo gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Shema Arnaud uzwi nka DJ Toxxyk yajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge (…)

Imirwanire ya AFC/M23 ntizava mu bitekerezo by’Umuyobozi wa MONUSCO

Umuyobozi w’agateganyo w’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira (…)

Realme igiye gusohora Smartphone ifite bateri ya mbere irambamo umuriro

Sosiyete y’Abashinwa ikora telefoni, Realme, igiye gushyira ku isoko telefone nshya izaba ifite (…)

Nyabihu- Bigogwe: Imiryango iba mu nzu zatobaguritse iratabarizwa

Bamwe mu batuye mu Kagari ka Kijote, Umurenge wa Bigogwe mu Karere ka Nyabihu, baratabariza (…)

Nigeria: Yahisemo gufungwa umwaka aho gusubiza amafaranga yayoberejwe kuri banki ye

Urukiko Rukuru rwa Leta ya Edo muri Nigeria, rwakatiye Ogo Ehosa Kingsley igifungo cy’umwaka (…)

Révérien Ndikuriyo yongeye gutorerwa kuba umunyamabanga wa CNDD-FDD

Ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD, ryatoye Reverien Ndikuriyo ku mwanya (…)

Venezuela yarekuye imfungwa za politiki zirenga 100

Venezuela yarekuye imfungwa za politiki 104, zirimo abanyeshuri n’abanyamategeko nkuko (…)

Uvira: Umuturage yabwiye FARDC ko arambiwe ‘Repli Stratégique’ itagira iherezo

Umubyeyi utuye mu Mujyi wa Uvira, Intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika (…)

PK wamamaye mu gusobanura filime yarongoye

Karemera Hassan wamamaye nka PK mu gusobanura filime mu myaka yo hambere, yarushinze n’umukobwa (…)

Perezida Zelensky yatangaje ko inyandiko za Amerika zizeza igihugu cye umutekano zamaze gutegurwa

Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelensky, yatangaje ko inyandiko za Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)

Rusizi: Arakekwaho kwica umugore we amuziza gutiza isuka

Umugabo witwa Sindayiheba Jean de Dieu, wo Mataba Umurenge wa Nkungu,Akarere ka Rusizi ari (…)

AFC/M23 yamaganye ibitero by’ingabo za Leta byahitanye abasivili muri Minzenze

Umuvugizi wa AFC/M23 Lawrence Kanyuka yatangaje ko iri huriro ryamaganye ibitero by’ihuriro (…)