skol
fortebet

Amakuru

Umukobwa wa Mandela yatsinze urubanza rwo kugurisha imitungo ya Se

Urukiko rw’Ikirenga rwo muri Afurika y’Epfo rwatesheje agaciro ubujurire bw’Ingoro Ndangamurage (…)

Igiciro cya Zabahu cyatumbagiye

Igiciro cya Zahabu cyageze ku madolari 151,75 ku igarama rimwe nyuma y’aho abashoramari (…)

Inzu ya miliyari 28 Frw ya Nicki Minaj ntigitejwe cyamunara

nzu ya Nicki Minaj iherereye mu gace k’abaherwe ka Hidden Hills muri Los Angeles muri Leta Zunze (…)

Tshisekedi ashaka kugaba ibitero byo kwisubiza ibice bigenzurwa na AFC/M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, afite intego (…)

Abafana bo mu Bwongereza bihaye Gianni Infantino

Abafana b’umupira w’amaguru mu Bwongereza bihaye Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku (…)

Abashinwa baba mu Rwanda batangiye ibihe by’umunezero

Umuryango w’Abashinwa baba mu Rwanda wizihije Umwaka Mushya w’Abashinwa (Lunar New Year) wa (…)

Muhoozi yongeye kurikoroza ubwo yavugaga ko abagore badafite “Nyash” babyara abana b’ibigoryi

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatanze igitekerezo gisa no gutebya (…)

Depite Jackson abona ko ibihugu by’ibituranyi bikwiye kungukira mu mabuye y’agaciro yo mu burasirazuba bwa RDC

Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ronny Jackson, abona ko (…)

U Rwanda rwashimye imikoranire rufitanye Pologne

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane Amb Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko (…)

Abashakashatsi barimo Umunyarwanda bagaragaje ingaruka za pulasitiki mu bihugu 26 birimo n’u Rwanda

Itsinda ry’abashakashatsi bo muri Kaminuza ya Curtin muri Australia bafatanyije n’Umunyarwanda (…)

U Rwanda rwemeje ko hari imikoranire rufitanye na AFC/M23

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ifitanye imikoranire mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, (…)

U Rwanda ruhagaze he kuri ‘Board of Peace’, urwego rushya rwatangijwe na Trump?

Ibihugu birenga 50 byo mu mpande zitandukanye z’Isi byamaze guhabwa ubutumire bwo kwinjira muri (…)

Umusirikare wa RDC azamara imyaka 20 akora adahembwa kubera amashusho yafatiye ku rugamba

Urukiko rwa gisirikare rwa Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rwakatiye (…)

Muri Australia itegeko ryo kubuza abana imbuga nkoranyambaga ryakuruye impaka

Guverinoma ya Australia yafashe icyemezo gikomeye cyo kubuza abana bari munsi y’imyaka 16 (…)

Umunyamerika yavuze ko FDLR idakwiye kwemererwa gukorera mu burasirazuba bwa RDC

Umwe mu bayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (…)