skol
fortebet

Amakuru

RDC: Mu 2025 abana barenga 35.000 bakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina

Raporo nshya y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana (UNICEF), igaragaza ko ihohoterwa (…)

Ndikuriyo wa CNDD-FDD yavuze ko umupaka w’u Burundi na Uvira uzafungurwa ari uko bwafunguye n’iy’u Rwanda

Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi, Ndikuriyo Révérien, (…)

Ntabwo bagambiriye kugonga abapolisi- ACP Rutikanga ku mpanuka zakozwe n’abarimo DJ Toxxyk

Umuvugizi wa Polisi y’Igihugu, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ku mpanuka zimaze iminsi ziba (…)

Yahungiye mu Rwanda nyuma yo gusambanywa n’abarenga 100: Agahinda k’uwandujwe Sida akanapfakazwa na FDLR

Kenshi iyo havuzwe uburyo ubutegetsi bwa Repubulika Ihanaranira Demokarasi ya Congo bwimitse (…)

Kuri Noheli mu Rwanda havutse abana barenga 900

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko tariki ya 25 Ukuboza 2025, havutse abana 961 hirya no hino mu (…)

Abangavu b’imyaka iri munsi ya 16 mu baburiwe irengero nyuma y’inkongi yahitanye benshi bariraga Ubunani mu kabari

Nibura abantu bagera kuri 40 bapfuye, abandi barenga 115 barakomereka bikomeye, nyuma y’inkongi (…)

Rulindo: Yafashwe iwe yarahagize indiri y’ubucuruzi bw’urumogi

Polisi ikorera mu Karere ka Rulindo yafatiye mu cyuho umugabo wari ufite udupfunyika 689 n’ikilo (…)

Imibare y’abimukira binjira mu Bwongereza nyuma yo guhagarika amasezerano n’u Rwanda ikomeje gutumbagira

Minisiteri y’Umutekano w’Imbere mu Bwongereza, yatangaje ko abimukira batemewe n’amategeko (…)

Perezida wa Belarus yaburiye Putin ku mugambi wo kumwica

Perezida wa Belarus, Alexander Lukashenko, yavuze ko yaburiye mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir (…)

Mugwize urukundo n’imigisha - Ubutumwa bwa Mushikiwabo bw’umwaka mushya wa 2026

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa, Louise Mushikiwabo, yifurije (…)

Impunzi z’Abanye-Congo ziba mu Rwanda zigaragambije kubera amagambo ya Gen Maj Ekenge

Impunzi z’Abanye-Congo zibarizwa mu nkambi zo mu Rwanda , zakoze imyigaragambyo y’amahoro (…)

Iminsi 10 ya mbere ya Mutarama 2026 iteganyijwemo imvura isanzwe

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu minsi 10 ya mbere ya Mutarama (…)

Gisagara: Mu rugo rw’umuturage hateguwe ‘grenade’

Mu rugo rw’umuturage utuye mu Mudugudu w’Akabakene, mu Kagari ka Higiro, mu Murenge wa Nyanza, (…)

Kwizera Jojea yambitse impeta umukunzi we

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Kwizera Jojea, yinjiye neza mu 2026 nyuma yo kwambika (…)

MIGEPROF yaciye undi muvuno mu kwigisha uburinganire nyuma yo kubona ko bwumviswe nabi

Minisiteri y’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), yatangaje ko mu Rwanda hatangiye (…)