skol
fortebet

Amakuru

Depite Kanamugire yanenze abakobwa bato bikundisha ku basaza kubera amaramuko

Depite Kanamugire James yagaragaje ko urubyiruko rwo muri iki gihe rushaka kubaho mu buzima (…)

Abagore 47% babyaye abarenze umwe mu Rwanda ntibifuza kongera kubyara

Ubushakashasti bwa karindwi ku mibereho n’ubuzima bw’abaturage, DHS7, bugaragaza ko abagore 47% (…)

Trump yarakajwe no kumenya ko Ukraine yashatse kugaba igitero ku rugo rwa Putin

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaganye igitero cy’indege zitagira (…)

Ngoma: Birakekwa ko yishwe na se wabo, amuziza kumwibira inzoga

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 wo mu Murenge wa Gashanda uherereye mu Karere ka Ngoma, (…)

Abantu bane bamaze gupfa nyuma yo gusangira inzoga ihumanye

Mu Karere ka Kamonyi, abagabo batatu basangiye izonga bayisomyaho umwana mutoya wari kwa (…)

Amagambo gashozantambara ya Ndayishimiye ku Rwanda ahatse iki?

Ubwo Perezida Ndayishimiye yagezaga ijambo ryo kwifuriza umwaka mwiza inzego z’umutekano yongeye (…)

Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakiriye abantu b’ingeri zose mu birori bisoza umwaka

Ku mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu (…)

Perezida Aliyev yemeje amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere Azerbaijan yagiranye n’u Rwanda

Perezida wa Azerbaijan, Ilham Aliyev, yashyize umukono ku itegeko ryemeza amasezerano (…)

Minisitiri Bizimana yagaragaje uko ijambo ‘Ubwenge’ ryagoretswe n’abamunzwe n’urwango

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean-Damascène, (…)

Congo-Brazzaville: Ishyaka riri ku butegetsi ryakiriye ubutumwa bwa Perezida Kagame

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango RPF Inkotanyi Amb. Bazivamo Christophe, yashyikirije Ishyaka (…)

Umunyamakuru wakurikiranye intambara zirenga 40 yakomoje ku ntambara y’isi iri gututumba

John Simpson, umwe mu banyamakuru bakomeye ku Isi mu gukurikirana intambara n’amakimbirane (…)

Ibiza byishe abantu 13 b’i Gisagara mu mwaka umwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara bugaragaza ko mu mezi 15 ashize ibiza byishe abantu 13, imyaka (…)

Cristiano Ronaldo yabaye umukinnyi w’umwaka mu Burasirazuba bwo Hagati

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Portugal na Al Nassr, Cristiano Ronaldo, yashimangiye ko afite (…)

U Rwanda ntirushyigikiye gutandukana kwa Somalia na Somaliland

Guverinoma y’u Rwanda yagaragaje ko idashyigikiye umugambi umaze iminsi wo kwitandukanya kwa (…)

U Bubiligi bwamaganye DRC yibasiye Abatutsi, busabwa guhagarika kurira ay’ingona bugafata imyanzuro

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prévot, yamaganye amagambo yavuzwe (…)