skol
fortebet

Amakuru

Gisagara: Bane barimo na Gitifu w’Umurenge batawe muri yombi kubera ruswa

Polisi ikorera mu Karere ka Gisagara yataye muri yombi abantu bane barimo n’Umunyamabanga (…)

Hashyizweho uburyo bushya bwo gutwara abantu mu buryo rusange i Kigali

Inama Inama y’Abaminisitiri yagejejweho uburyo bushya bwo gutwara abagenzi mu Mujyi wa Kigali, (…)

EU yafashe umwanzuro wo guhagarika inkunga yagenerwaga Tanzania

Umwanzuro usaba EU guhagarika inkunga y’amafaranga yatangwaga kuri leta ya Tanzania, wafashwe (…)

Umukobwa wa Jacob Zuma yeguye ku Budepite nyuma yo gushinjwa gucuruza abacanshuro mu Burusiya

Duduzile Zuma-Sambudla, umukobwa wa Jacob Zuma wayoboye Afurika y’Epfo, yeguye ku mwanya (…)

Hari uzwi nka Sanduku! Abanyonzi biyise amazina y’ubwihebe baburiwe

Polisi y’u Rwanda yaburiye abanyonzi bo mu Ntara y’Amajyaruguru batita ku mategeko y’umuhanda, (…)

Nyanza: Umugabo ukekwaho kwica mugenzi we ari guhigishwa uruhindu

Umugabo bikekwa ko yakubise mugenzi we agakomereka nyuma bikamuviramo urupfu, ari guhigishwa (…)

Tshisekedi ’yemeye’ guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yemeye guhurira na (…)

Icyemezo gishya cya Trump gishobora kugira ingaruka ku Banyarwanda bashakaga gutura muri Amerika

Trump yatangaje ko agiye guhagarika mu buryo buhoraho kwakira abimukira bashaka gutura muri (…)

Kayonza: Bamwe mu bagore baracyahohoterwa bazizwa kubyara abakobwa gusa

Bamwe mu bagore bo mu Karere ka Kayonza, bagaragaje ko bagikorerwa ihohoterwa n’abagabo babo (…)

Trump yateguje ibitero byo ku butaka ku bacuruza ibiyobyabwenge muri Venezuela

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yateguje abasirikare b’iki gihugu ko (…)

USA: Abahawe Green Card bo mu bihugu 19 bashobora kuzamburwa

Perezida wa Amerika, Donald Trump yategetse ko hongera gusuzumwa uburenganzira bwo gutura no (…)

Minisitiri Nduhungirehe yasabye RDC gukemura ibibazo biyugarije aho guhora isabira u Rwanda ibihano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yasabye (…)

Iyo biba njye nta rusengero na rumwe nafungura - Perezida Kagame ku nsengero zidakomorerwa

Perezida Kagame yatangaje ko ari we ufata umwanzuro ku nsengero zitandukanye zafunzwe mu bihe (…)

Bayasahuye kurusha undi wese ku Isi - Perezida Kagame ku Burayi n’amabuye ya RDC

Perezida Kagame yagaragaje ko Abanyaburayi badakwiye kwirirwa bashinja u Rwanda gusahura amabuye (…)

Perezida Kagame yagaragaje ko ibiganiro bya Washington biri mu cyerekezo cyiza

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibiganiro bihuriza intumwa z’u Rwanda na Repubulika Iharanira (…)