skol
fortebet

Amakuru

Tanzania yahagaritse kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge kubera imyigaragambyo yabaye

Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yahagaritse ibirori byo kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge (…)

Impunzi z’Abarundi zirenga 100 zasubiye mu gihugu cyabo

Impunzi z’Abarundi 115 zirimo 107 babaga mu Nkambi ya Mahama mu Karere ka Kirehe n’abandi 8 (…)

Nyanza: Umugabo wibanaga yapfiriye mu nzu, bimenyekana umurambo warashengutse

Hatunguramye Faustin w’imyaka 40, wakoraga akazi k’ubufundi, yasanzwe mu nzu yari acumbitsemo (…)

Ihohoterwa rikorerwa abagore n’abakobwa ni icyorezo cyugarije Isi - António Guterres

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, António Guterres, yavuze ko ihohoterwa rikorerwa (…)

Perezida Kagame na Touadéra baganiriye ku mutekano mu matora yo mu Ukuboza 2025

Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Centrafrique, Faustin-Archange Touadéra, bagiranye (…)

Umuganda ukwiye kureberwa mu kamaro kawo kurusha mu mafaranga

Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 24 Ugushyingo, Inteko rusange ya Sena yagejejweho na (…)

Kigali: Polisi yafashe abantu batandatu bacuruza urumogi

Mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali hafatiwe abantu batandatu barimo abagore n’abagabo (…)

Rwamagana: Umuyobozi w’Umurenge wa Muhazi akurikiranyweho inyandiko mpimbano

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Egide Hanyurwimfura wari Umunyamabanga (…)

Amadeni ya RDC mu mezi atandatu yarenze miliyari 14$, Perezidansi isiga umugani

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwagaragaje ko amadeni iki gihugu (…)

Gatsibo: Hadutse insoresore zisambanya abagore ku ngufu

Abaturage bo muri Santere ya Biniga mu Kagari ka Gakorokombe, mu Murenge wa Muhura, (…)

Meteo Rwanda yateguje imvura nke mu minsi 10 ya nyuma y’Ugushyingo 2025

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda cyateguje ko mu minsi 10 ya nyuma y’ukwezi (…)

Umukobwa wa Jacob Zuma akurikiranyweho kohereza abacanshuro mu Burusiya

Polisi yo muri Afurika y’Epfo yatangaje ko igiye gutangiza iperereza ryimbitse ku mukobwa wa (…)

DOGE ya Trump na Elon Musk iri mu marembera

DOGE, urwego rwashyizweho na Perezida Trump rugahabwa inshingano zo kugabanya amafaranga (…)

Guverinoma ya Tanzania yikomye CNN, BBC na Al Jazeera

Guverinoma ya Tanzania yamaganye CNN n’ibindi binyamakuru mpuzamahanga birimo BBC, Al-Jazeera na (…)

AFC/M23 ikomeje kwagura ibirindiro byayo muri Walikale

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje (…)