skol
fortebet

Amakuru

U Bubiligi busanga kuvana Ingabo z’u Rwanda muri Congo bikwiye kujyana no gusenya FDLR

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubiligi, Maxime Prevot, kuri uyu wa 06 Kamena 2026, (…)

Igiciro cya mazutu cyongeye kuzamuka

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli, aho litiro (…)

DR Congo: Guverineri w’Intara ya Ituri yibasiwe na Ebola yirukanwe

Leta ya Kinshasa, ibisabwe n’Inama nkuru y’umutekano ya RD Congo, yakuyeho guverineri w’intara (…)

Dr Lawrence Muganga yagiye kwerekana imva z’ababyeyi be mu gushimangira ko ari Umunya-Uganda

Dr Lawrence Muganga wahoze atanzweho nk’uzaba Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Umutekano (…)

Dr. Rwamucyo agiye kunganirwa n’abanyamategeko barindwi mu bujurire

Kuva tariki ya 9 Kamena kugeza ku ya 16 Nyakanga 2026, Dr. Rwamucyo Eugène wabaye umuganga (…)

Isomwa ry’urubanza rwa Yampano ryasubitswe

Kuri uyu wa 5 Kamena 2026 Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwasubitse isomwa ry’Urubanza rwa ya (…)

Inyota n’ubushyuhe byishe abantu bagera 49

Abantu 49 bapfiriye mu butayu bwa Sahara mu Majyaruguru ya Niger nyuma y’uko ikamyo bari barimo (…)

TIC TAC Hoteli yafashwe n’inkongi y’umuriro

Hoteli yitwa TIC TAC Hotel iherereye mu agari ka Kamatamu mu Murenge wa Kacyiru, Akarere ka (…)

Libya: Abaturage babyukiye mu myigaragambyo yo kwirukana abimukira

Abaturage bo muri Libya babarirwa mu magana bigaragambirije ku cyicaro cy’ishami ry’Umuryango (…)

Umuyobozi yatawe muri yombi nyuma yo gusanga atunze Bank iwe mu rugo

Umuyobozi mukuru ushinzwe iterambere ry’Imijyi n’igenamigambi mu Mujyi wa Nairobi, Patrick Analo (…)

Nta kibazo Perezida Ruto abona mu kwakira ikigo cya Amerika cyita ku baketsweho Ebola

Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, yatangaje ko nta kibazo abona mu kwemerera Leta (…)

Paris: Dr Eugene Rwamucyo wahamwe n’ibyaha bya Jenoside agiye kuburana mu bujurire

Guhera ku wa 09 Kamena 2026, Urukiko rwa Rubanda rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa ruzatangira (…)

Abaminisitiri b’ubuzima muri EAC basoje inama yafatiwe ingamba zikomeye za Ebola

Abaminisitiri b’Ubuzima bo mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) basoje (…)

Kinshasa: Abofisiye bakuru barimo uwigeze kuba umugaba mukuru w’ingabo batangiye kuburanishwa

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rukorera i Kinshasa (…)

Amerika yakomeje kohereza ibikoresho by’ubuvuzi muri Kenya n’ubwo hari impaka ku kigo cya Ebola

Nibura indege 20 zitwaye ibikoresho by’ubuvuzi n’abakozi b’inzobere zamaze kugera muri Kenya (…)