skol
fortebet

Amakuru

Sudan y’Epfo: Ingabo z’u Rwanda zambitswe imidali y’ishimwe

Umuryango w’Abibumbye(LONI) wambitse imidali y’ishimwe Ingabo z’u Rwanda za batayo ya (…)

Mwenda yatangiye kwicuza ibyo yanditse kuri Museveni

Umunyamakuru Andrew Mwenda yatangaje ko atigeze agira ubwoba bwo gufungwa n’abapolisi cyangwa (…)

RDB yamaze impungenge abasura u Rwanda ko nta Ebola ihari

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere (RDB), rwatangaje ko ibikorwa byose by’ubukerarugendo no (…)

Abacuruza amatike y’indege mu Rwanda bari mu marira

Niba utekereza ko ingaruka z’intambara yo muri Iran zagarukiye kuri bisi z’i Nyabugogo, Musanze, (…)

Uranium ni iki kandi igira uruhe ruhare mu ntwaro kirimbuzi no gukora ingufu?

Intambara ya Amerika na Israel kuri Iran yongeye kugarukwaho kubera ingingo y’intwaro kirimbuzi (…)

Trump: Uranium ya Iran bagomba kuyiduha nonaha cyangwa ikangirizwa ahantu humvikanyweho

Mu byo yatangaje ubu bifatwa nko “kwisubira” ku ko yabibonaga mbere, Perezida Donald Trump wa (…)

Abantu batatu bapfuye muri Uganda nyuma yuko bagonganye n’inzovu

Abategetsi bavuze ko abantu nibura batatu bapfuye muri Uganda nyuma yuko imodoka igonganye (…)

Nyuma ya Sonko, Sénégal yabonye undi Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya witwa Ahamadou (…)

Umubyeyi wa Magufuli wayoboye Tanzania yitabye Imana

Umubyeyi wa John Pombe Magufuli wabaye Perezida wa gatanu wa Tanzania, Suzana Magufuli yitabye (…)

Sudani y’Epfo: Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bwa Loni bahawe imidali y’inshimwe

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri (…)

Museveni yanze gusuhuza abayobozi bahuriye mu nama kubera Ebola

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni yanze gusuhuza abitabiriye inama yo gutangiza imirimo (…)

U Burusiya bwasabye abanyamahanga n’abadipolomate kuva i Kiev

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 25 Gicurasi 2026, Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya (…)

Karongi: Ahari gukorwa inzira y’amazi hamaze kuboneka imibiri 60 y’abishwe muri Jenoside

Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi bwatangaje ko ahari kubakwa ruhurura mu Mujyi wa Karongi hamaze (…)

Umuyobozi wa Greenride Africa yanyuzwe no guhura na Perezida Kagame

“Mu mpera z’icyumweru gishize, zimwe mu nzozi zanjye zabaye impamo…” ibyo bikubiye mu butumwa (…)

FDLR yiciye abaturage 10 muri Masisi na Walikalevv

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko (…)