skol
fortebet

Amakuru

Umuyobozi wa Greenride Africa yanyuzwe no guhura na Perezida Kagame

“Mu mpera z’icyumweru gishize, zimwe mu nzozi zanjye zabaye impamo…” ibyo bikubiye mu butumwa (…)

FDLR yiciye abaturage 10 muri Masisi na Walikalevv

Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko (…)

Minisitiri w’intebe Nsengiyumva yahuye n’Abanyarwanda baba muri Benin

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Justin Nsengiyumva, yahuye n’Abanyarwanda batuye muri Benin, (…)

Uganda: Habonetse abandi barwayi bashya ba Ebola

Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yatangaje ko muri iki gihugu habonetse abandi barwayi babiri ba (…)

Igitero ku kibuga cy’indege cya Kisangani cyakangaranyije Leta ya RDC

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwakangaranyijwe n’igitero gitunguranye (…)

Perezida Kagame yasoje uruzinduko yagiriraga muri Qatar

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yavuye i Doha muri Qatar aho yagiriraga uruzinduko rw’akazi (…)

Abarinda Perezida Ruto bahinduwe igitaraganya

Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Kenya, Douglas Kanja Kirocho, yahinduye abayobozi b’umutwe (…)

Umujenerali wo muri Wazalendo byavugwaga ko yishwe na AFC/M23 yagaragaye ari muzima yishongora

Obedi Ngabo Patrick uvuga ko ari General mu mutwe wa Wazalendo ukorana na FARDC, yagaragaye (…)

Ibiciro bya peteroli byagabanyutseho 6%

Icyizere cy’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bishobora kumvikana ku guhagarika intambara (…)

El Malick Ndiaye yeguye ku mwanya wa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko muri Sénégal

El Malick Ndiaye yeguye ku mwanya wa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko muri Sénégal, nyuma (…)

Trump yategetse abari mu biganiro na Iran kwitonda

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko yategetse abari mu biganiro na Iran kutihutira (…)

Ousmane Sonko ari kugarurwa muri politiki binyuze mu nteko ishinga amategeko

Inteko Ishinga Amategeko ya Senegal yatumiwe guterana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 26 Gicurasi (…)

Amateka yanditswe: Ibyaranze isozwa rya Shampiyona yo mu Bwongereza

Kuri iki cyumweru tariki 24 Gicurasi 2026, nibwo hasojwe shampiyona y’icyiciro cya mbere mu (…)

U Bushinwa bwohereje Icyogajuru cya Shenzhou-23 mu isanzure kirimo umwe n’uzamarayo umwaka

Mu ijoro ryo ku Cyumweru, tariki ya 24 Gicurasi 2026, Ikigo cy’u Bushinwa gishinzwe iby’Isanzure (…)

Rutsiro: Bane bakoreraga SACCO bakurikiranyweho kunyereza miliyoni 88 Frw

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze abantu bane bakoreraga SACCO yo (…)