skol
fortebet

Amakuru

Twirwaneho ishinja Kayumba Nyamwasa umugambi wo gutsemba Abanyamulenge

Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira (…)

Sarkozy azafungirwa mu cyumba cya wenyine

Uwahoze ari Perezida w’u Bufaransa, Nicolas Sarkozy, agiye gufungirwa mu cyumba cya wenyine (…)

Musanze: Yafatanywe umutwe w’inka yaraye yibwe avuga ko yawuguze

Umuturage wo mu Murenge wa Kinigi, Akarere ka Musanze, ari muri batanu bafungiwe kuri Sitasiyo (…)

Amafaranga u Rwanda rukura mu kwakira inama azarenga miliyari 325 Frw bitarenze 2028

U Rwanda rufite intego yo kongera amafaranga yinjira aturutse mu bukerarugendo bushingiye ku (…)

Karongi: Yiyise komanda wa Polisi yaka ruswa abaturage

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 48 (…)

Umurwayi wa nyuma wa Ebola yasezerewe mu bitaro muri DRC

Ishami ry’Umuryango w’Abaibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko umurwayi wa nyuma wa Ebola (…)

Perezida Bassirou Diomaye Faye yasoje uruzinduko rw’akazi mu Rwanda

Perezida wa Sénégal Bassirou Diomaye Faye yasoje uruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu yagiriraga (…)

Amerika yarashe ubundi bwato ikeka ko bwari bwikoreye ibiyobyabwenge

Minisitiri w’Intambara muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Pette Hegseth, yatangaje ko tariki ya (…)

Umunya-Somalia wakekwagaho ibyaha byo gufata ku ngufu, yafatiwe mu Rwanda

Inzego z’ubuyobozi muri Somalia zifatanyije na Interpol zafashe Jama Abdi Mohamud, wahoze ari (…)

Rutsiro: Batatu bagiye kwiba amabuye y’agaciro babura umwuka barapfa

Abaturage batatu bo mu Karere ka Rutsiro bagiye kwiba amabuye y’agaciro ahantu yacukurwaga ariko (…)

Kicukiro: Hatashywe ibikorwa byubatswe bitwaye miliyoni zirenga 140 Rwf

Abaturage bo mu Kagari ka Rwimbogo, Umurenge wa Nyarugunga, Akarere ka Kicukiro barishimira (…)

Rutsiro: Hegitari zirenga 35 zangijwe n’imvura ivanzemo urubura

Imvura ivanze n’urubura rwinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa 17 Ukwakira 2025 yangije imyaka (…)

Ramaphosa yaburiye Tshisekedi ko kwica Kabila bishobora gutuma ahirikwa ku butegetsi

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yinjiye mu biganiro byo guhosha umwuka mubi hagati (…)

Perezida Bassirou Diomaye Faye yahuye n’Abanya-Sénégal baba mu Rwanda

Perezida wa Sénégal, Bassirou Diomaye Faye, uri mu ruzinduko rw’iminsi itatu mu Rwanda, yahuye (…)

Netanyahu ashaka indi manda

Benjamin Netanyahu, ufite agahigo ko kuba ari we umaze igihe kinini ari Minisitiri w’Intebe wa (…)