skol
fortebet

Amakuru

Intambwe ya nyuma yo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga yatewe

Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga (…)

Musanze: Mu mezi abiri habaye impanuka zo mu muhanda 118

Abasenateri babarizwa muri Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano, batangiye (…)

Airtel Rwanda yabonye umuyobozi mushya

Sosiyete y’itumanaho ya Airtel Rwanda yatangaje Sujay Chakrabarti nk’umuyobozi wayo mushya, (…)

Rubavu: Bajujubijwe n’abajura biba insinga zibagezaho amashanyarazi

Abaturage bo mu Mudugudu wa Rusamaza, Akagari ka Muhira, Umurenge wa Rugerero, mu Karere ka (…)

Ndindabahizi Emmanuel wahamijwe ibyaha bya Jenoside yapfiriye muri gereza Bénin

Ndindabahizi Emmanuel wabaye Minisitiri w’Imari mu gihe cya guverinoma yiyise iy’Abatabazi, (…)

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abajyanama be

Perezida wa Reoubulika Paul Kagame, yayoboye Inama y’Akanama Ngishwanama k’Umukuru w’Igihugu (…)

Dr. Habineza na Nkubana batorewe kuba Abasenateri

Inteko Rusange y’Ihuriro ry’igihugu nyunguranabitekerezo ry’imitwe ya politiki (NFPO) kuri uyu (…)

Urukiko rwo muri Kenya rwanze ko ukekwaho uruhare muri Jenoside yoherezwa mu Rwanda

Urukiko Rukuru rwa Nairobi muri Kenya rwatesheje agaciro umwanzuro wambura Ntarwanda Célestin (…)

BioNTech yahawe agera kuri miliyari 160 Frw yo gushora mu ikorwa ry’inkingo mu Rwanda

Uruganda rukora inkingo rwa BioNTech rwahawe agera kuri miliyari 160 Frw (miliyoni 95€) (…)

Rubavu: Afungiye kwicisha umutego w’igitoki umugore w’umuturanyi

Uzarama w’imyaka 18 y’amavuko afungiwe kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Kanama (…)

Umuhanda Rutsiro-Ngororero ugiye gushyirwamo kaburimbo

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko umuhanda Rutsiro-Muhanda-Kazabe uhuza Akarere ka (…)

Ikirombe cyatwaye ubuzima bw’umuntu

Mu Karere ka Muhanga, Umugabo w’imyaka 48 yagwiriwe n’ikibuye cyahanutse mu kirombe gicukurwamo (…)

Gen. Mamat O.A ari i Kigali

Umugaba Mukuru w’Ingabo muri Gambia, Lieutenant General Mamat O.A yatangiye uruzinduko rw’akazi (…)

Perezida Ruto agiye gusubira ku ntebe y’ishuri

Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko agiye gutangira amasomo y’icyiciro cya gatatu cya (…)

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abayoboye Ikigo cya Afurika gishinzwe Imiti

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro byo ku rwego rwo hejuru n’abayobozi (…)