skol
fortebet

Amakuru

ABC yahagaritse ikiganiro cya Jimmy Kimmel nyuma y’ibyo yavuze ku rupfu rwa Charlie Kirk

Televiziyo yo muri Amerika, ABC, yatangaje ko ikiganiro cyayo kizwi nka Jimmy Kimmel Live, (…)

Kivu y’Amajyepfo: Imitwe ya Wazalendo yongeye gusubiranamo

Imitwe igize ihuriro Wazalendo rishyigikiwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya (…)

AFC/M23 yongereye amasaha yo gukoresha umupaka munini wa RDC n’u Rwanda

Ihuriro AFC/M23 ryongereye amasaha yo gukoresha umupaka munini wa Repubulika Iharanira (…)

Kinshasa: Urugo rwa Azarias Ruberwa wabaye Visi Perezida rwatewe n’abasirikare

Abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda abayobozi bakuru muri Repubulika Iharanira (…)

Kureba amashusho y’urukozasoni byatumye Aba-Taliban bahagarika internet muri Afghanistan

Umutwe w’Aba-Taliban wahagaritse internet mu majyaruguru ya Afghanistan, mu rwego rwo gukumira (…)

Umunyarwanda yagizwe Umuyobozi Mukuru wa IFAD muri Afurika

Eric Rwabidadi yagizwe Umuyobozi w’Ikigega Mpuzamahanga gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi (…)

Umugore wa Alexei Navalny yongeye gushinja Putin kwicisha umugabo we

Umugore wa Alexei Navalny, Yulia Navalny, yongeye kuvuga ko umugabo we yishwe arozwe, ku (…)

Akanama ka Loni kagiye gutora umwanzuro usaba ko imirwano ihagarara muri Gaza

Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano kuri uyu wa 18 Nzeri 2025 karatora umwanzuro (…)

Ariel Wayz na Babo bageze mu kigo ngororamuco cy’i Huye

Ariel Wayz n’abandi bari bamaze iminsi bafunganywe nyuma yo gutabwa muri yombi barengeje amasaha (…)

Ubuzima bwa Bruce Willis buri hagati y’urupfu n’umupfumu

Ubuzima bwa Bruce Willis wamamaye muri sinema i Hollywood bukomeje kwibazwaho n’umuryango we, (…)

Bashaka Ngenda nyuma ya Butamwa: Wazalendo basabye gushyirwa muri Guverirnoma

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwadabagije ihuriro ry’imitwe ya (…)

Iran na Misiri bishaka gushinga umuryango w’ubutabarane mu Burasirazuba bwo Hagati

Iran na Misiri byagaragaje ubushake bwo kumvisha ibindi bihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati (…)

Ibihugu 107 bimaze kohereza abakinnyi: Aho imyiteguro ya Shampiyona y’Isi igeze

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Rutikanga (…)

Umutangabuhamya wateje impaka mu rubanza rwa Dr. Munyemana azajya gutangira ubuhamya mu Rukiko

Perezida w’Inteko iri kuburanisha urubanza rwa Dr. Munyemana Sosthène yatangaje ko (…)

Muhanga: Kwitabira ubworozi bw’amafi byabakuye mu bukene

Abagize Koperative Ifi ya Gikeri (KOFIGI), y’aborozi b’amafi iherereye mu Karere ka Muhanga mu (…)