skol
fortebet

Amakuru

Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku byabereye mu Nama ya Loni

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasabye ko hakorwa iperereza ku bikorwa (…)

Hailemaliam Desalegn wayoboye Ethiopia yagaragaje ko afata Perezida Kagame nk’icyitegererezo

Hailemaliam Desalegn wabaye Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagaragaje ko Perezida Kagame (…)

Nicolas Sarkozy wayoboye u Bufaransa yakitiwe gufungwa imyaka 5 kubera amafaranga ya Gaddafi yariye

Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamije Nicolas Sarkozy wayoboye igihugu, uruhare mu byaha bifitanye (…)

Musanze: Umusore w’imyaka 22 yasanzwe mu mugozi hakekwa kwiyahura

Irakiza w’imyaka 22, wo mu Mudugudu wa Karambi, Akagari ka Bisoke, Umurenge wa Kinigi, Akarere (…)

Muhanga: Aborozi bahendwa n’ibiryo by’amafi bagura Iburasirazuba

Abarozi b’amafi bibumbiye muri Koperative y’Ifi ya Gikeri (KOFIGI) mu Karere ka Muhanga mu (…)

Ibikorwa byo gusenya FDLR bishobora gutangira mu Ukwakira 2025

Urwego ruhuriweho rushinzwe gusuzuma iyubahirizwa ry’amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na (…)

Perezida Kagame yashimangiye ko abumva ko u Rwanda rutakwakira ibikorwa bikomeye basizwe n’amateka

Perezida Paul Kagame, yavuze ko abumva ko igihugu nk’u Rwanda kidashobora kwakira ibikorwa (…)

Perezida wa Brésil yasabye Trump kwitwara nk’umuntu ufite inshingano

Perezida wa Brésil, Luiz Inacio Lula da Silva, yavuze ko Perezida wa Leta Zunze za Amerika, (…)

Boris Johnson yasabye Guverinoma y’u Bwongereza gusubizaho gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza yasabye Guverinoma y’icyo gihugu (…)

Uganda: Bobi Wine na Gen Mugisha Muntu batanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu

Umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda, Robert Kyagulanyi na Gen Muntu Mugisha (…)

U Rwanda rwashimye ubwitabire bw’abafana muri Shampiyona y’Isi y’Amagare

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yishimiye uko Abanyarwanda bari kwitabira gukurikirana (…)

Rubio yagaragaje uburyarya bw’Abanyaburayi basaba Amerika guhana u Burusiya bo bakajya guhahayo

Umunyamabanga wa Amerika Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio, yashinje Abanyaburayi kugira (…)

Malawi: Mutharika wahoze ari Perezida mu nzira imusubiza ubutegetsi

Peter Mutharika wabaye Perezida wa Malawi akomeje guhabwa amahirwe yo gutsinda amatora aherutse (…)

USA: Uwabaye umudepite yashinje igihugu cye gushaka gusahura umutungo w’u Burusiya

Cynthia McKinney wahoze ari umwe mu bagize Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za (…)

Rubavu: Umwarimu afunzwe akekwaho gutekera imitwe ababyeyi n’abo bakorana

Umwarimu wo mu Karere ka Rubavu, wigisha mu ishuri ribanza rya Kinyanzovu akurikiranyweho (…)