skol
fortebet

Amakuru

Perezida Macron yamaganye abakomeje kwibasira umucamanza wakatiye Sarkozy gufungwa

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yamaganye bikomeye abibasiye umucamanza wakatiye (…)

Isatura yakomerekeje uwahiraga ubwatsi hafi ya Pariki ya Nyungwe

Musabyimana Vincent w’imyaka 54 wo mu Karere ka Karongi arembeye mu Bitaro bya Mugonero nyuma yo (…)

Rusizi: Abagore 2 bafungiwe kwiba mu ngo binjiragamo nk’abasabiriza

Mukarishiri Damarisi na Nyirangirimana Patricie batawe muri yombi nyuma yo gutahura ko bitwagaza (…)

Khadja Nin yashimye uko u Rwanda rwitwaye mu kwakira Shampiyona y’Isi y’Amagare

Umuhanzikazi Khadja Nin witabiriye shampiyona y’Isi y’amagare yari imaze iminsi ibera mu Mujyi (…)

Uganda: Abangavu barenga 78% bakoze imibonano mpuzabitsina

Raporo y’uko ubuzima buhagaze muri Uganda, yagaragaje ko 78% by’abana b’abakobwa bari munsi (…)

Inteko y’Umuco igiye gutangiza amarushanwa yo gukina igisoro

Inteko y’Umuco yatangaje ko igiye gushaka abafatanyabikorwa bayifasha gutangiza amarushanwa yo (…)

Abapfuye biyongereye baba bane mu gitero cyo kurasa no gutwika mu rusengero rw’i Michigan

Polisi ivuga ko abantu nibura bane bishwe naho abandi umunani barakomereka, nyuma yuko umugabo (…)

Perezida Kagame yahawe umukandara wa “champion” mu Iteramakofe

Perezida wa Repubulika Paul Kagame, yagiranye ibiganiro n’umukinnyi w’iteramakofe wabigize (…)

Uganda: Umunyamakuru ari mu mazi abira ashinjwa kubeshya Perezida Museveni

Umunyamakuru David Mwesigwa wa Galaxy TV muri Uganda ari mu mazi abira nyuma y’aho mu cyumweru (…)

Ariana Grande yongeye kugaragaza ko adashyigikiye imiyoborere ya Trump

Umuririmbyi Ariana Grande yongeye kugaragaza ko atishimira ubuyobozi bwa Donald Trump, anibaza (…)

RDC ishaka ko Amerika ikomeza igisirikare cyayo nk’uko yabigenje kuri Kuwait na Arabie Saoudite

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwohereje intumwa icyenda muri Leta (…)

U Burusiya bwagabye ibitero bikomeye kuri Ukraine

U Burusiya bwagabye ibitero byo mu kirere bikomeye byifashishije drone zigera kuri 600 na za (…)

Uwahamijwe ibyaha bya Jenoside yashinje Dr. Munyemana gushaka abinjira mu Nterahamwe

Umutangabuhamya wahamijwe ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi n’Urukiko rwa Gacaca rwa Mukura (…)

U Bwongereza bwafunze uwabaye umudepite akekwaho iterabwoba nyuma yo kuva mu Burusiya

Polisi y’u Bwongereza, ishami rishinzwe guhangana n’ibikorwa by’iterabwoba yataye muri yombi (…)

Mburugu imeze nabi mu Budage

Indwara ya Mburugu yandurira mu mibonano mpuzabitsina, iterwa n’agakoko kitwa ‘Treponema (…)