skol
fortebet

Amakuru

Perezida wa Pologne ’avugana’ n’abapfuye

Perezida wa Pologne, Karol Nawrocki, yavuze ko ajya agirana ibiganiro n’umuzimu wa Jozef (…)

U Rwanda rwavuze ko FDLR igihari, gukuraho ingamba z’ubwirinzi kwaba ari ugusubiramo ikosa ryakozwe mu 1994

Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngonga, yavuze ko u Rwanda rudateze (…)

Ruhango: Hari kubakwa ikigo giteza imbere ubuhinzi n’ubworozi kizatwara arenga miliyari 2 Frw

Ubuyobozi bw’Akarere ka Ruhango bwasabye abahinzi n’aborozi kwitegura gukorana neza n’Ikigo (…)

Joseph Kabila yakatiwe urwo gupfa

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa 30 Nzeri (…)

Joseph Kabila yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko Rukuru rw’igisirikare cya RDC rwakatiye Joseph Kabila igihano cy’urupfu, nyuma yo (…)

Gaspard Twagirayezu yagizwe Umuyobozi w’Ihuriro Mpuzamahanga urengera Isanzure

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ibijyanye n’Isanzure (Rwanda Space Agency ‘RSA’) Gaspard (…)

Karongi: Batatu batawe muri yombi bakekwaho kwica uwari uvuye kugabana amafaranga mu kimina

Polisi y’u Rwanda yataye muri yombi abagabo batatu bo mu Murenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi (…)

Dr. Munyemana n’umutangabuhamya we ntibahuriza ku mpamvu yo gufungira Abatutsi mu biro bya Leta

Umutangabuhamya wiyambajwe na Dr. Munyemana Sosthène kugira ngo amushinjure, yagaragaje ko (…)

Trump yatutse ibihugu byemeye ubwigenge bwa Palestine

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yise ‘abasazi’ ibihugu by’i Burayi (…)

RGB yasabye Imitwe ya Politiki kurushaho kwegera abanyamuryango bayo

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB), Dr. Doris Uwicyeza Picard, yasabye (…)

Kigali itoshye mu byishimiwe n’Igikomangoma Albert II wa Monaco

Igikomangoma Albert II wa Monaco wanitabiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yabereye i Kigali (…)

Minisitiri Nduhungirehe yizeye ko u Rwanda rutazasabwa guha inzira abandi bacanshuro bari muri RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko u (…)

Rutsiro: Imiryango irenga 400 yasenyewe n’ibiza iri kubakirwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro bwatangaje ko buri kubakira imiryango 434 mu miryango irenga 700 (…)

Buri Munyarwanda muri batanu bafungiwe muri Niger ahabwa arenga miliyoni 14 Frw ku mwaka

Urwego mpuzamahanga rwashyiriweho gukora imirimo y’insigarira y’inkiko mpanabyaha (IRMCT) ruha (…)

Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA Clippers na Los Angeles Rams zo muri Amerika

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB) rwatangaje ko Visit Rwanda yabaye umuterankunga wa LA (…)