skol
fortebet

Amakuru

Trump yasebeje abakuru b’ibihugu bya Afurika yakiriye i Washington

Ku wa 9 Nyakanga 2025, Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriye Perezida (…)

Ingabire Victoire akureyo amaso ku munyamategeko w’umunyamahanga ashaka ko amwunganira?

Ingabire Victoire Umuhoza ukurikiranyweho ibyaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no (…)

OpenAI igiye gushyira hanze ’browser’ izahangana na ‘Google Chrome’

Ikigo cy’ikoranabuhanga cya OpenAI mu minsi iri imbere gishobora gushyira hanze porogaramu (…)

Trump yizeye guhura na Perezida Kagame na Tshisekedi mu byumweru biri imbere

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yagaragaje ko yizeye guhura na Paul Kagame (…)

RIB yaburiye abagifite ingengabitekerezo ya Jenoside

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry yaburiye abagifite (…)

Isoko yarakamye? - PAC yananiwe kumva iby’umuyoboro w’amazi umaze imyaka itanu wumye i Kamonyi

Abadepite bagize Komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, (…)

Rubavu: Umugore yamutaye amezi 9 agaruka asaba gusaranganya umutungo

Umuturage witwa Nzabanita Innocent, araririra mu myotsi nyuma y’uko ahangayikishijwe n’abayobozi (…)

Trump yemeje ko azitabira ‘finale’ y’Igikombe cy’Isi cy’Amakipe

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko azitabira umukino wa nyuma (…)

Kumurwanya ni ukuturwanya - Gen Muhoozi asubiza uwamunenze kuvuga neza Perezida Kagame

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yasubije uwamunenze gushyigikira (…)

Mwibuke ko ntigeze mbyara - Karasira ku mpamvu yasanganywe amafaranga menshi

Karasira Aimable yongeye kugaruka imbere y’urukiko yiregura ku nkomoko y’umutongo we (…)

Abantu 500 baketsweho kwiba amafaranga y’Imirenge SACCO, hagaruzwa miliyari 2,2 Frw

Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi yatangaje ko abantu 500 baketsweho uruhare mu bujura bwakozwe (…)

U Rwanda rwaheshejwe igihembo na gahunda yongereye ubumenyi mu ikoranabuhanga

Ikigo Mpuzamahanga cy’Ikoranabuhanga mu Itumanaho (ITU) cyahaye u Rwanda igihembo kubera Gahunda (…)

Umugabo w’i Karongi washinjaga umugore we kwanga ko batera akabariro yiyahuje kiyoda

Umugabo wo mu Karere ka Karongi yapfiriye mu Bitaro Bikuru bya Kibuye nyuma yo kunywa umuti (…)

Kamonyi: Umugore n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi bakekwaho kwica

Umugore w’imyaka 37 n’umukobwa we w’imyaka 14 batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho urupfu (…)

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko tariki ya 30 Kanama 2025, (…)