skol
fortebet

Amakuru

U Rwanda ruyoboye ibihugu bitekanye muri Afurika mu 2025

U Rwanda ruri ku isonga mu bihugu bifite umutekano usesuye muri Afurika, nk’uko byagaragajwe (…)

Banki y’Isi yemeje miliyari 95 Frw zo gufasha impunzi mu Rwanda

Mu guteza imbere imibereho y’impunzi n’abazakiriye, Leta y’u Rwanda yatangije icyiciro cya (…)

Gusenya FDLR, ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda, amabuye y’agaciro…Nduhungirehe yasobanuye ibyabereye i Washington

Ubwo yakiraga ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga b’u Rwanda na RDC, Perezida Donald Trump (…)

Uko amakuru ashingiye ku isanzure ari kwihutisha itangwa rya serivisi mu Rwanda

U Rwanda rukomeje gushyira imbaraga mu bijyanye no kwimakaza ikorababuhanga rishingiye ku (…)

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakiriye mugenzi we wa Niger

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byatangaje ko kuri uyu mugoroba wo ku wa Mbere tariki 30 Kamena (…)

Abasirikare bose ba SAMIDRC bari i Goma baratashye

Tariki 28 Kamena 2025 nibwo icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 z’Umuryango w’Iterambere rya (…)

Dosiye ya Ingabire Victoire yaregewe urukiko

Ubushinjacyaha Bukuru bwaregeye dosiye ya Ingabire Victoire Umuhoza Urukiko rw’Ibanze rwa (…)

Uganda yafunze uwahaga ubutasi bwayo amakuru atari yo kuri ADF

Igisirikare cya Uganda cyataye muri yombi Sheikh Hamza Lyavala ukekwaho gusa ubutasi amakuru (…)

Nangaa yasabye Leta RDC kutifashisha amasezerano yayo n’u Rwanda iyobya abantu

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)

Tshisekedi yagize icyo avuga ku masezerano ya Congo n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko amasezerano (…)

U Burusiya bwongeye kugaba igitero simusiga muri Ukraine

Ingabo z’u Burusiya zaraye zigabye ibitero bikomeye ku nganda zikora ibikoresho bya gisirikare (…)

Ababarirwa mu magana bahunze ibitero bishya bya Israel muri Gaza

Abantu babarirwa mu magana batuye mu gace ka Gaza, bahunze ibitero bishya by’Ingabo za Israel (…)

Urukiko rwumvise ugutakamba kwa Netanyahu ku byaha bya ruswa

Urukiko rw’Akarere ka Yeruzalemu rwafashe umwanzuro wo gusubika urubanza rwa Minisitiri w’Intebe (…)

U Burusiya bwahagaritse amasezerano y’ibya nucléaire bwari bufitanye na Suède

Guverinoma y’u Burusiya yatangaje ko yahagaritse amasezerano yo guhanahana na Suède amakuru (…)

AFC/M23 igenzura ubutaka bufite ubuso burenga kilometero kare ibihumbi 34

Umuyobozi w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, (…)